• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
19/09/26
Amajyepfo: Polisi isaba abaturage gukoresha ikoranabuhanga mu Kubika, Kwakira no kwishyurana amafaranga hirindwa n’ubujura
19/09/26
Kamonyi-Mugina: Basanganywe udupfunyika 135 tw’Urumogi bahishe muri Radiyo, bafatanwa n’Ingurube bibye
19/09/26
Uko RIB isobanura impamvu abakekwaho ikoreshwa ry’Ibiyobyabwenge umwe yafungwa undi ntafungwe
19/09/26
Mufti yasabye Abasilamu kugira uruhare mu iterambere ry’imijyi ibumbatiye Amateka y’Abasilamu n’ubuyislamu

Umunyamerika yatawe muri yombi ashinjwa ibikorwa birwanya Leta ya Uganda

Umwanditsi
March 23, 2021

Polisi ya Uganda yatangaje kuri uyu wa mbere ko yataye muri yombi umuturage w’Amerika “kubera uruhare ashinjwa kugira mu bikorwa birwanya leta bigamije kubangamira imikorere yayo”.

Umunyamerika Guy Smith yatawe muri yombi ku cyumweru mu mujyi wa Fort Portal mu karere k’uburengerazuba bwa Uganda, nkuko polisi yabitangaje ku mbuga nkoranyambaga.

Polisi yavuze ko Bwana Smith agifunze mu gihe amaperereza akomeje. Smith ntarumvwa agira icyo avuga ku byaha aregwa.

Itangazo rya polisi ya Uganda nkuko BBC yabitangaje rigira riti: “Andi makuru mashya ayo ari yo yose na yo azatangazwa“.

Ibiro ntaramakuru Reuters byasubiyemo amagambo y’umutegetsi wo mu biro bishinzwe ububanyi n’amahanga bw’Amerika, avuga ko Leta y’Amerika yamenye iby’uwo muturage wayo wafunzwe.

Reuters yasubiyemo amagambo ye agira ati: “Twabonye amakuru y’umuturage w’Amerika ufungiye muri Uganda. Igihe cyose umuturage w’Amerika afunzwe, tuba twiteguye kumuha ubufasha bukwiye bwose”.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

6032 Posts

Politiki

4278 Posts

Ubuhinzi

155 Posts

Ubukungu

1080 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

162 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga