• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/09/25
Umwami w’ibikubo byo ku Bitego atahanye 1,175,360Rwf yashyizeho 10,000 mu isaha imwe gusa
15/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda
15/09/25
Umwe muri 3 bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda yatawe muri yombi
15/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Ukekwaho gusambanya umwana wa 17 agahunga yatawe muri yombi

Umushoferi utwara Ingabire Marie Immaculee yishwe n’abagizi ba nabi

Umwanditsi
February 6, 2021

Amakuru agera ku intyoza.com ni ay’uko umushoferi watwaraga Umuyobozi w’Umuryango mpuzamahanga urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda-TI, Madame Ingabire Marie Immaculee yishwe n’abagizi ba nabi.

Aya makuru y’uko umushoferi wa Ingabire Marie Immaculee yishwe n’abagizi ba nabi yemejwe na Ingabire Immaculee ubwe, aho ku murongo wa terefone atabashije kuvugana n’umunyamakuru wa intyoza.com ariko ku butumwa bugufi agasubiza ko aya makuru ari “Ukuri”.

Ingabire Marie Immaculee ahamya ko iyicwa ry’umuahoferi we ari ukuri. Ati ” Byabereye Kimironko, hagati ya saa mbiri na saa mbiri n’igice”. Akomeza avuga ko we babimubwiye saa tatu, aho kugeza twandika iyi nkuru bari bakiri ku bitaro bya Kacyiru bizwi nk’ibya Polisi gupimisha umurambo( gukoresha Autopsy)

Twagerageje guhamagara umuvugizi w’ubugenzacyaha-RIB ariko ntiyitaba terefone ngendanwa. Ubutumwa bugufi(SMS) kuri Terefone nabwo ntiyasubije, mu gihe kuri whatsapp twagerageje kubaza nawe akatubaza agira ati “ Ngo yaba yiciwe hehe”?.

Turacyakurikirana amakuru arambuye kuri ubu bugizi bwa nabi ku iyicwa ry’uyu mushoferi.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5864 Posts

Politiki

4115 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1009 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

143 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga