• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
14/06/26
Amajyepfo: Polisi iragira iti“ Ntabe ari Njye urebera abakora ibinyuranyije n’Amategeko…, ibyaha”
14/06/26
Kamonyi-Nyamiyaga: Yaguwe gitumo arimo gusambanya ufite uburwayi bwo mu mutwe
14/06/26
Imodoka y’Ibitaro bya Remera Rukoma yahitanye ubuzima bw’Umuntu abandi barakomereka
14/06/26
Paris: Ibyo wamenya kuri Dr Eugène Rwamucyo watangiye Ubujurire ku byaha bya Jenoside

Umushoferi utwara Ingabire Marie Immaculee yishwe n’abagizi ba nabi

Umwanditsi
February 6, 2021

Amakuru agera ku intyoza.com ni ay’uko umushoferi watwaraga Umuyobozi w’Umuryango mpuzamahanga urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda-TI, Madame Ingabire Marie Immaculee yishwe n’abagizi ba nabi.

Aya makuru y’uko umushoferi wa Ingabire Marie Immaculee yishwe n’abagizi ba nabi yemejwe na Ingabire Immaculee ubwe, aho ku murongo wa terefone atabashije kuvugana n’umunyamakuru wa intyoza.com ariko ku butumwa bugufi agasubiza ko aya makuru ari “Ukuri”.

Ingabire Marie Immaculee ahamya ko iyicwa ry’umuahoferi we ari ukuri. Ati ” Byabereye Kimironko, hagati ya saa mbiri na saa mbiri n’igice”. Akomeza avuga ko we babimubwiye saa tatu, aho kugeza twandika iyi nkuru bari bakiri ku bitaro bya Kacyiru bizwi nk’ibya Polisi gupimisha umurambo( gukoresha Autopsy)

Twagerageje guhamagara umuvugizi w’ubugenzacyaha-RIB ariko ntiyitaba terefone ngendanwa. Ubutumwa bugufi(SMS) kuri Terefone nabwo ntiyasubije, mu gihe kuri whatsapp twagerageje kubaza nawe akatubaza agira ati “ Ngo yaba yiciwe hehe”?.

Turacyakurikirana amakuru arambuye kuri ubu bugizi bwa nabi ku iyicwa ry’uyu mushoferi.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5981 Posts

Politiki

4228 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1057 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga