• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
30/10/25
Muhanga: Itsinda ry’abakekwaho ibikorwa by’Ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
30/10/25
Kamonyi-Musambira/HC: Nyuma y’Amezi asaga 8 basa n’abakorera mu manegeka, mu Buhungiro bagarutse
30/10/25
Umunyamahirwe muri FORTEBET yatahanye asaga Miliyoni ku Ipari ebyiri zisa
30/10/25
Kamonyi-Rugalika: Ubufatanye bw’Ababyeyi n’Ubuyobozi bwa GS Ruramba, urugero rw’ibishoboka

Urubanza rw’Abanyarwanda 3 bakekwaho ibyaha bya Jenoside ruratangira mu kwezi k’Ukwakira

Umwanditsi
July 8, 2019

Ubutabera bwo mu gihugu cy’u Bubiligi bwamaze gutangaza ko mu mpera z’ukwezi k’Ukwakira 2019 butangira kuburanisha urubanza rw’abanyarwanda batatu bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

Aba banyarwanda bakurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 uko ari batatu, ni Ernest Gakwaya, Nkunduwimye Emmanuel na Neretse Fabien bose batawe muri yombi mu mwaka wa 2011.

Amezi yari ashize asaga arindwi ubutabera bw’u Bubiligi butangaje ko aba bombi bagomba kugezwa imbere y’ubutabera bakisobanura kubyaha bakekwaho nubwo nta gihe runaka cyari cyatangajwe. Mu Kuboza kwa 2018 nibwo bwatangaje ibi.

Gutoranya abacamanza bagomba kuzaburanisha uru rubanza nkuko AFP dukesha iyi nkuru ibivuga biteganijwe tariki 21 Ukwakira 2019 mu gihe urubanza nyirizina ruzatangira tariki 24 Ukwakira uyu mwaka wa 2019 aho biteganijwe ko rushobora kuzamara igihe kitari gito ruburanishwa.

intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5901 Posts

Politiki

4152 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1025 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

151 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga