• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
14/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda
14/09/25
Umwe muri 3 bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda yatawe muri yombi
14/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Ukekwaho gusambanya umwana wa 17 agahunga yatawe muri yombi
14/09/25
Gisagara: Umuyobozi w’Ikigo cy’Ishuri yatawe muri yombi azira ibiryo by’abana

Uwari intumwa ya rubanda muri Tanzaniya yahungiye muri Kenya

Umwanditsi
November 9, 2020

Godbless Lema wahoze ari umudepite muri Tanzania mu ijoro ryo ku cyumweru yafungiwe i Nairobi muri Kenya nyuma y’uko yinjiye muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, nk’uko ibinyamakuru byaho bibivuga.

Bwana Lema yafashwe ari mu modoka atwawe n’umunyamategeko we bari kwerekeza i Nairobi. Yari kumwe n’umugore we n’abana.

Muri Tanzania hari ibikorwa bimwe byo kwibasira abatavuga rumwe n’ubutegetsi nyuma y’amatora Perezida John Magufuli yatsinze ku bwiganze.

Ikinyamakuru the Standard kivuga ko polisi ya Kenya yafashe aba bantu bageze mu mujyi uri ku ntera ya 45Km uvuye ku mupaka wa Tanzania binjiye muri Kenya.

Hari amakuru avuga ko uyu mugabo wari umudepite mu nteko ya Tanzania yanze guha urwandiko rwe rw’inzira (passport) abakozi bo ku mupaka ba Tanzania.

Umunyamategeko we, George Luchiri Wajackoyah, yasubiwemo n’iki kinyamakuru avuga ko yari ajyanye uyu munyapolitiki ku biro bya UNHCR i Nairobi.

Iki kinyamakuru gusibiramo kandi amagambo ya Bwana Lema avuga ko yazanye n’abana be batatu n’umugore we. Akaba ari “gusaba ubuhungiro”.

Bwana Lema nkuko BBC ibitangaza, yari mu bakuru b’ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bafunzwe bakarekurwa mu cyumweru gishize, bashinjwaga gutegura imyigaragambyo yo gusaba ko amatora asubirwamo.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5863 Posts

Politiki

4114 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1008 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

142 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga