• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
13/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda
13/09/25
Umwe muri 3 bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda yatawe muri yombi
13/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Ukekwaho gusambanya umwana wa 17 agahunga yatawe muri yombi
13/09/25
Gisagara: Umuyobozi w’Ikigo cy’Ishuri yatawe muri yombi azira ibiryo by’abana

WIBUKE KO UBUBABARE BWAWE UTERWA N’IBIBAZO URIMO BUZASHIRA-Rev./Ev. Eustache Nibintije

Umwanditsi
July 7, 2019

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho igira iti ” Wibuke ko ububabare bwawe uterwa n’ibibazo urimo buzashira”. 

Dawidi muri Zaburi ya 30:5 aravuga ati” Ni mugoroba amarira ashobora gutaha mu rugo iwawe, ariko mu gitondo hakabaho ijwi ry’ Ibyishimo.”

Ibigeragezo ni ukubabazwa kandi bikaba byanateza indwara zigiye zitandukanye.

Ariko abazobereye mu kurwana Intambara zikomoka ku bigeragezo bavuga ko ibigeragezo bikuzaho mu gihe runaka, kandi akaba ari inzira ikugeza mu bundi buzima bwiza kurusha ubwo wari urimo utarahura n’ibyo bigeragezo.

Ni inzira unyuramo kugira ngo ubashe kubona kuzamurwa mu ntera (Promotion) mu ubuzima, ni inzira unyuramo kugira ngo ubashe kubona icyo wari umaze imyaka runaka ushaka, ni inzira unyumo kugira ngo ubashe kugera mu bisubizo by’ ibibazo wari urimo.

Hagarara kigabo wicika intege ku bw’ ibyo bibazo byawe, Hari umunsi umwe uzabyara ubuzima bwawe bushya. Nshuti y’ Imana, ndetse Nshuti ya Nibintije Evangelical Ministries International, Reka nsoze iyi nyigisho nkubwira nti ” KWIHANGANA ni imbuto izakubyarira “UBWISHYU “ bw’ imibabaro wagiriye muri ibyo bibazo ufite ubu”.

Ntugakangwe n’ibigeragezo kuko si karande kuri wowe!. Komera, ushikame ku masezerano y’Imana yawe kandi wizere imbaraga zayo zikiza tubonera muri Christo Yesu.

Imana ikongerere imbaraga..kandi Igutabare…!

Nibintije Evangelical Ministries International (NEMI)

estachenib@yahoo.com

+14123265034 WhatsApp

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

One Comment

  1. mahoro says:
    July 7, 2019 at 9:59 am

    Muraho neza ,Pastor dufashevusengere abaofakazi n,imfubyi muri iyi minsi harimo abafite agahinda kenshi,by,umwihariko usengere abagira ikigeragezo cyo guhungabana,bishobotse mwajya mungira inama kuri aimail natanze,murakoze

Comments are closed.

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5863 Posts

Politiki

4114 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1008 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

142 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga