• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
19/07/25
Umunyamakuru muzima ni uriho si uwapfuye-Me Jean Paul Ibambe
19/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: URUGAGA RW’ABAYOBOZI ku Mudugudu rwabaye igisubizo ku mibereho myiza y’Umuturage
19/07/25
Kamonyi-Ngamba: Abakekwaho kwica umugabo w’imyaka 45 bamaze gutabwa muri yombi
19/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira

Abanyamakuru bari bagizwe imbohe barekuwe ari bazima

Umwanditsi
May 29, 2016

Mu gihugu cya Kolombiya, Abanyamakuru bari bagizwe imbohe n’abarwanya ubutegetsi bararekuwe basubira mu miryango yabo.

Abanyamakuru batatu muri Kolombiya, bari bagizwe imbohe n’abarwanya ubutegetsi bwa Colombiya kuwa gatandatu w’icyumweru gishize babohowe kuri uyu wa Gatanu.

Umwe muri aba banyamakuru ukomoka muri iki gihugu witwa Salud Hernandez-Mora, nkuko tubikesha ijwi rya America, ngo yafatiwe ahitwa Catatumbo, yafashwe n’abarwanya ubutegetsi bitwa National liberation Army.

Uyu Hernandez, ngo yafashwe azira kwandika inkuru ku mitwe y’abarwanyi ihinga ibiyobyabwenge byo mu bwoko bwa Kokayine bakayigurisha muri Venezuela kugira ngo babone amafaranga bakoresha barwana.

Hernandez, ngo ni umunyamakuru w’ikinyamakuru cyo muri Espagne cyitwa El Mundo hamwe n’ibindi binyamakuru byo muri iki gihugu cya Kolombiya.

Abanyamakuru bandi babiri aribo Diego d’Pablo na Carlos Melo, bafashwe ngo bazira kuba baratangaje ko uyu mugenzi wabo Hernandez-Mora yafashwe, barekuwe nyuma y’amasaha make mugenzi wabo Hernandez-Mora arekuwe.

Intyoza.com

 

 

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5835 Posts

Politiki

4086 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1000 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga