Abatari bake mu banyamayaga by’umwihariko abafite ibinyabiziga(imodoka), bamwe bari barahisemo kubihungisha abandi baraparika bitewe n’ububi bw’umuhanda wangiritse. Hari na bamwe mu bajyaga muri iki gice cy’amayaga bafite imodoka ntoya bakazisiga Rugobagoba bagatega Moto. Akarere...
Read More
Indege ya Boeing yavuyeho Urugi(umuryango) iri mu kirere bikururira izisaga 171 kuba zahagarikwa
Urwego rushinzwe kugenzura Kompanyi z’indege muri Leta zunze Ubumwe za Amerika rwategetse guhagarika ingendo kuri zimwe mu ndege zo mu bwoko bwa 737 Max 9 nyuma y’aho igice kimwe cy’indege ya Alaska Airlines kiyiviriyeho...
Read More
Kamonyi-Impuruza: Imihanda n’amateme byangiritse bishobora guhagarika ubuhahirane
Bamwe mu bakoresha umuhanda wa Rugobagoba werekeza ku Mugina ku ishuri ryitiriwe Mutagatifu Ignace ndetse n’abakoresha umuhanda werekeza mu murenge wa Ngamba ahitwa mu Kabuga ku ishuri ryitiriwe Padiri Ramon, barasaba ubuyobozi kugira icyo...
Read More
Muhanga: Umwanda ukabije mu nzu zicumbikira abantu( Lodge) urasiga benshi bahinnye akarenge
Bamwe mu bakoresha ibyumba bya zimwe nzu zicumbikira abagenzi n’abandi bagenda mu Mujyi w’Akarere ka Muhanga, baravuga ko umwanda ukabije ugaragara ushobora gukumira benshi. Abagana uyu mujyi, baratabaza ubuyobozi bw’inzego zitandukanye bazisaba guhagurukira iki...
Read More
Kamonyi: Abagize Koperative COOPRORIZ-ABAHUZABIKORWA basabwe kugira umuco wa“Gikotanyi”
Abahinzi babarirwa muri 30 bahagarariye abandi basaga ibihumbi bitatu bibumbiye muri Koperative COOPRORIZ-ABAHUZABIKORWA ihinga umuceri mu kibaya cya Mukunguri ho mu karere ka Kamonyi, nyuma y’uko kuri uyu wa 22 Mata 2023 basuye ku...
Read More
Tanzania: Miliyoni 46$ zashyizwe mu kubaka ubwato buruta ubundi bwose mu biyaga bigari
Mu kiyaga cya Victoria ku mwaro wo mu mujyi wa Mwanza, Leta ya Tanzania yashyize mu mazi ubwato bunini burimo kubakwa. Nibwo bwa mbere buruta ubundi bwose mu biyaga bigari. Buzajya butwara abagenzi n’imizigo....
Read More
Abaturage ba Gakenke na Muhanga basabwe kurinda ikiraro cyo mu kirere bubakiwe
Hashize amezi 10 hakoreshwa ubwato bwa Gisirikare kugirango abaturage bo mu turere twa Muhanga na Gakenke babashe guhahirana no kugenderanirana bitewe n’ikiraro cya Gahira bari basanzwe bakoresha cyatwawe n’ibiza ndetse kinahitana ubuzima bw’abantu muri...
Read More
Ruhango: Ibiraro n’amateme byangijwe n’ibiza biracyabangamiye ubuhahirane
Hashize igihe abaturage bo mu bice bitandukanye by’Akarere ka Ruhango bavuga ko ubuhahirane butakigenda neza bitewe nuko ibiraro n’amateme byabafashaga mu koroshya imigenderanire byarasenywe n’imvura yaguye ari nyinshi mu mwaka washize wa 2022 iteza...
Read More
Perezida Kagame yirukanye uwari umuyobozi wungirije wa RDB
Itangazo ryashyizwe kuri Twitter n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda ku gicamunsi cy’uyu wa wa 06 Ukwakira 2022, riravuga ko Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yavanye ku mirimo bwana Zephanie Niyonkuru wari umuyobozi wungirije...
Read More
Nyanza: Meya Ntazinda yanyomoje amakuru y’abavuga ko Igitaramo”I Nyanza Twataramye” kitazongera kubaho
Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza, Ntazinda Erasme aranyomoza amakuru yagiye yumvikana hirya no hino ko igitaramo cyajyaga gitegurwa n’aka karere” I Nyanza Twataramye” kitazongera kubaho. Yemeza ko kizaba, kandi ko ku wa kane wa mbere...
Read More