Mu gikorwa cy’Umuganda usoza ukwezi kwa Werurwe 2023 mu Murenge wa Kiyumba, Akarere ka Muhanga, Intore z’Itorero ry’Impeshakurama mu karere ka Muhanga, bahamirije abaturage n’abayobozi ko biyemeje gufatanyiriza hamwe n’inzego za Leta n’abafatanyabikorwa mu...
Read More
Kamonyi-Mugina: Imiryango 110 muri 448 yasezeranye iricuza igihe imaze igendana ipfunwe n’ikimwaro
Imiryango 110 yo mu Murenge wa Mugina yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko yasezeranye. Bamwe muri aba, bavuga ko bagendanaga isoni n’ikimwaro, kugira ipfunwe kubwo kutagira isezerano mu buryo bwemewe n’itegeko. Abandi bavuga ko bari...
Read More
Kigali: Hatangijwe icyumweru cyahariwe ibikorwa byo kwizigamira ku bakira bato
Urubyiruko rurasabwa guhindura imyitwarire, rukarenga imbibi zituma rutabasha kwizigamira mu gutegura ubuzima bw’ahazaza. Umuryango mpuzamahanga ufasha urubyiruko mu kwiteza imbere mu miyoborere ishami ry’U Rwanda(AIESEC), bafatanyije n’isoko ry’Imari n’imigabane (Rwanda Stock Exchange, RSE), bibukije...
Read More
Tanzania: Indwara yishe abantu 5 I Bukoba yamaze kumenyekana
Abategetsi muri Tanzania batangaje ko indwara yari yayoberanye yishe abantu batanu mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Tanzania ari virusi ya “Marburg”. Nibwo bwa mbere iyi virus ivuzwe muri Tanzania. Minisitiri w’ubuzima Ummy Mwalimu yavuze ko...
Read More
Muhanga: Koperative abateraninkunga batashye iteme biyubakiye basaba amashanyarazi
Koperative Abateraninkunga ba Sholi batunganya Kawa, barishimira ko biyujurije iteme ryatumaga batabasha kugeza umusaruro bejeje ku kicaro cya Koperative. Bari banafite impungenge z’uko na nyuma yo kuwutunganya utari kuzabona aho unyuzwa ujyanwa ku Isoko....
Read More
Tanzania: Abantu 5 mu Ntara ya Kagera bapfuye bazize indwara itaramenyekana
Abantu bagera kuri batanu bamaze gupfa mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Tanzania bazize indwara itaramenyekana iyo ariyo. Minisiteri y’ubuzima ivuga ko habonetse abantu barindwi bayifite kandi ko yohereje itsinda ry’abaganga kugerageza kumenya iyo ndwara....
Read More
Nyanza-Gisagara: Abanyamabanga Nshingwabikorwa( Gitifu) b’utu turere bari mu maboko atari ayabo
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB, kuri uyu wa 17 Werurwe 2023 rwatangaje ko rwataye muri yombi Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Akarere ka Nyanza na Gisagara hamwe n’abandi bakozi. Bakurikiranyweho ibyaha birimo gutanga isoko rya Leta mu buryo bunyuranije...
Read More
Amajyepfo: Abaturage bagiye gufashwa kwivana mu bukene hatagendewe ku byiciro by’Ubudehe
Hashize igihe hari gahunda zitandukanye zegerezwa abaturage hagamijwe ku bavana mu bukene ariko rimwe na rimwe ugasanga benshi mu bafashwa nta ruhare bagira mu bibakorerwa, aho usanga hari abahora bateze amaso Leta bategereje ubundi...
Read More
Kamonyi-Runda: Inka 2 z’Imbyeyi zikubiswe n’inkuba
Ahagana ku i saa Moya z’ijoro ryo kuri uyu wa 13 Werurwe 2023, mu Mudugudu wa Rubumba, Akagari ka ruyenzi, Umurenge wa Runda, Inkuba ikubise Inka ebyiri z’imbyeyi harimo iyakamwaga n’indi yaburaga iminsi mike...
Read More
Nyaruguru: FPR Inkotanyi yizihije isabukuru y’Imyaka 35 bishimira ibikorwaremezo bamaze kugezwaho
Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu karere ka Nyaruguru bizihije isabukuru y’imayaka 35 uyu muryango ushinzwe. Muri uyu muhango, banaboneyeho kwishimira ibyo bamaze kugeraho mu iterambere birimo; Imihanda, Amashuri, Ibitaro ndetse n’ibikorwa by’ubuhinzi bwabafashije kutongera...
Read More