Inkuru Nshya

Kamonyi-Mugina/Kwibuka30: Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi barasaba kubakirwa urwibutso rwagutse rujyanye n’amateka

Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi bo mu murenge wa Mugina, Akarere ka Kamonyi, basaba ko bakubakirwa urwibutso rwagutse rujyanye n’amateka y’ibyabereye muri iki gice cy’Amayaga. Hiciwe Abatutsi benshi nyuma yo kwicwa k’uwari Burugumesitiri wa Komine...
Read More

Kamonyi-Karama/Kwibuka30: Kwiyubakamo Ubudaheranwa bizagamburuza uwo ariwe wese wifuzaga ko mwazima-Guverineri Kayitesi

Umurenge wa Karama wo mu karere ka Kamonyi kuri uyu wa 22 Mata 2024 bibutse ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Alice Kayitesi wari umushyitsi mukuru, yihanganishije Abarokotse Jenoside, abasaba...
Read More

Kamonyi-Rukoma: Uwakuwe mu kirombe ari muzima yaguye kwa muganga-CHUK, bagenzi be baraye mu nda y’Isi bakuwemo bapfuye

Bari abagabo batatu baguye mu kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro cya Koperative KOMIRWA (COMIRWA) mu kagari ka Gishyeshye, Umurenge wa Rukoma mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa 22 Mata 2024. Umwe witwa Bucyanayandi Evaliste...
Read More

Kamonyi-Rukoma/Kwibuka30: Urukundo n’Ubumwe niwo murage dukwiye kubakiraho“UBUDAHERANWA”bw’Abanyarwanda-Visi Meya Uwiringira

Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi wungirije ushinzwe imibereho myiza y’Abaturage, Uwiringira Marie Josee, yasabye Abaturage b’Umurenge wa Rukoma n’inshuti zabo zaje ku bafata mu mugongo mu Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, ko...
Read More

Kamonyi-Kayenzi/Kwibuka30: Kwibuka bikwiye kutubera inzira yo gutekereza imibanire yacu nk’Abanyarwanda-Meya Dr Nahayo

Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr Nahayo Sylvere kuri uyu wa 19 Mata 2024 yifatanije n’Abanyakayenzi hamwe n’inshuti zabo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Yababwiye ko “KWIBUKA” bikwiye kubera Abanyarwanda inzira nziza...
Read More

Intara y’Amajyepfo/Kamonyi: RMB yashyizwe mu majwi mu gutiza umurindi ubucukuzi butemewe

Intero yari imwe, haba mu bakora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Abayobozi b’Uturere(Meya), inzego z’umutekano zitandukanye ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo, aho babwiye Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Mine, Peterori na Gaz( Rwanda Mining Boad-RMB) ko kuba rudatanga...
Read More

Kamonyi-Rugalika: Ibihembo by’Umurenge n’Akagari bya mbere muri Mituweli byatangiwe mu murenge wabaye uwanyuma

Akarere ka Kamonyi, Umurenge wa Rugalika, Akagari ka Sheri kuri uyu wa 16 Mata 2024 katangije ku mugaragaro Ubukangurambaga bw’umwaka wa Mituweli(ubwisungane mu kwivuza)2024-2025. Umwaka ushize wa 2023-2024 ibihembo bya mbere byegukanywe n’Umurenge wa...
Read More