Itsinda ry’abagabo bihurije mu cyo bise Ruyenzi Sporting Club, bakinnye umukino wa nyuma( Final), aho amakipe 2, A-B yahuriye ku gikombe bishyiriyeho, gitwarwa na Ekipe A itsinze ibitego 3-1. Kwishyira hamwe, gukorera hamwe, ishyaka...
Read More
Muhanga: ADEPR yatangije umwiherero w’Abana 240 bakina umupira w’Amaguru batarengeje imyaka 13
Ku bufatanye bw’Itorero rya Pantekoti ry’u Rwanda(ADEPR) n’umuryango mpuzamahanga wa Ambassadors Football Global batangije umwiherero w’iminsi itatu w’abana 240 bakina umupira w’amaguru ku makipe y’Abahungu n’Abakobwa. Aba bana, barimo no kwigishwa ijambo ry’Imana riherekejwe...
Read More
Muhanga-Umuganura: Meya Kayitare aributsa Ababyeyi kwigisha abato ibigize umuco Nyarwanda
Mu kwizihiza umunsi ngarukamwaka w’Umuganura uba ku wa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Kanama, Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Madamu Kayitare Jacqueline ubwo yizihirizaga uyu munsi ari mu Murenge wa Nyamabuye, Akagari ka Gifumba, Umudugudu...
Read More
Umwalimu akaba n’umuririmbyi w’injyana ya Hip Hop agiye kumurika Album ya Kabiri
Habimana Thomas, umwarimu wigisha amasomo y’ikoranabuhanga muri Koreji ya Tekeniki ya Rubavu(Rubavu Technic College-RTC), akaba n’umuririmbyi wihebeye umuziki aho aririmba mu njyana ya Hip Hop, agiye kumurika Album ye ya kabiri yise“ Intumwa za...
Read More
Nyanza: Byitezwe ko abasaga ibihumbi 10 bazitabira igitaramo“ I Nyanza Twataramye”- Meya Ntazinda
Igitaramo Ndangamuco Nyarwanda kizwi ku izina rya” I Nyanza Twataramye” gisigaje iminsi mike ngo kibe ku nshuro ya 9. Giteganijwe gutangira mu ijoro rya Tariki ya 4 Kanama 2023 kuri Sitade ya Nyanza. Ni...
Read More
Kamonyi: Abarangije muri ESB bagarutse ku isoko bahanura barumuna babo
Abize mu ishuri ryisumbuye ryitiriwe Mutagatifu Berenadeta( Ecole Ste Bernadette-ESB) riherereye mu Murenge wa Gacurabwenge, Akarere ka Kamonyi, kuri uyu wa 26 Gashyantare 2023, bagarutse aho bavomye ubumenyi, bataramana na barumuna babo, barasangira, barakina,...
Read More
Dolly Parton, icyamamare muri Country Music yahawe igihembo cya Miliyoni 100$ na Jeff Bezos
Dolly Parton, icyamamare mu muziki wo mu njyana ya country akaba n’ukora ibikorwa by’ubugiraneza, yahawe igihembo cya miliyoni 100 z’amadolari y’Amerika na Jeff Bezos washinze Amazon. Ayo, angana na miliyari 106 uyavunje mu mafaranga...
Read More
Kamonyi-Nyamiyaga: Meya Nahayo ati“ Kuba Umurenge w’icyaro wigurira imodoka ni ikimenyetso cy’ibishoboka”
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyamiyaga, Abaturage bawo n’Abafatanyabikorwa, kuri uyu wa 05 Kanama 2022 ubwo bizihizaga umunsi mukuru w’Umuganura, batashye ku mugaragaro imodoka biguriye izajya ifasha mu“ Isuku n’Umutekano”. Ni umurenge w’icyaro uguze imodoka nyuma...
Read More
Ruhango: Amarushanwa mu mikino itandukanye yateguwe na RPF-Inkotanyi yasojwe, abahize abandi batwara ibihembo
Nyuma y’aho horohejwe ingamba zo guhangana n’icyorezo cya COVID-19 yari yaratumye ibikorwa bihuza abantu benshi bihagarara, abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi mu murenge wa Ruhango babyukije bimwe mu bikorwa bifasha abaturage guhangana n’ibibazo bibangamiye imibereho mibi,...
Read More
Nyanza: Meya Ntazinda yanyomoje amakuru y’abavuga ko Igitaramo”I Nyanza Twataramye” kitazongera kubaho
Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza, Ntazinda Erasme aranyomoza amakuru yagiye yumvikana hirya no hino ko igitaramo cyajyaga gitegurwa n’aka karere” I Nyanza Twataramye” kitazongera kubaho. Yemeza ko kizaba, kandi ko ku wa kane wa mbere...
Read More