Perezida w’Itsinda ry’abakora siporo ryitwa “Ijuru rya Kamonyi”, Benedata Zacharie aravuga ko ibikorwa byabo by’umwaka wa 2022 bizashingira mu gufasha abaturage kuzamura imyumvire ku bijyanye n’imibereho myiza ikwiye, aho bazafatanya n’inzego z’ubuyobozi bw’ibanze mu...
Read More
Paris: Urukiko rwagize umwere Koffi Olomide(Grand Mopao) ku byaha byo gufata ku ngufu
Urukiko rw’ubujurire rwa Versailles mu Gihugu cy’Ubufaransa, kuri uyu wa 13 Ukuboza 2021 rwagize umwere umuririmbyi w’Umunyekongo-DRC, Antoine Christophe Agbepa Mumba, uzwi cyane nka Koffi Olomide, bamwe bita Grand Mopao nkuko nawe abyivugira kenshi...
Read More
Umuhanzi ukomeye muri Kenya yahamije ku mugaragaro ko ari umutinganyi
Umwe mu bagize itsinda rya muzika rya Sauti Sol yatangaje ku mugaragaro ko ari umutinganyi. Kubyemera kwe ku mugaragaro bishobora guha imbaraga abaharanira uburenganzira bw’abaryamana bahuje ibitsina-LGBT muri iki gihugu, aho ubusanzwe ubihamijwe n’urukiko...
Read More
Kamonyi: Meya Nahayo arasaba abakuze kwirinda gushuka abangavu
Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr Nahayo Sylvere aravuga ko abangavu bakwiye kwirinda ibishuko bikoreshwa n’abagabo bagamije kubasambanya, aho usanga hari n’abo biviriyemo gutwara inda z’imburagihe. Asaba abakuze kutarebera ikibi, ahubwo bakaba ijosho ry’abato, bakabarinda...
Read More
Muhanga: Ibyo utamenye ku ihagarikwa ry’igitaramo cya Silent Disco
Igitaramo cya Silent Disco cyagombaga kubera mu kabari kazwi nka “New Terrasse Chez Vincent” cyarahagaritswe kubera ubwumvikane bucye hagati y’abateguye iki gitaramo na ba nyiri aka kabari nyuma yo kwinjiza abari baguze amatike yo...
Read More
Icyamamare mu gucuranga Piano mu bushinwa yatawe muri yombi azira indaya
Icyamamare mu gucuranga Piano mu Gihugu cy’u Bushinwa, Li Yundi, afunzwe azira gusambana n’indaya, nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru cya Leta. Ku rubuga nkoranyambaga, Polisi yanditse ko umugabo w’imyaka 39 hamwe n’indaya y’imyaka 29, bemeye ko...
Read More
Rihanna yabaye umugore wa mbere muri Muzika ukize ku Isi
Rihanna ubu arabarirwa umutungo wa miliyari irenga y’amadorari, akaba n’umugore ukize kurusha abandi muri muzika ku isi, nk’uko bitangazwa na Forbes. Iki cyamamare muri pop kibarirwa agaciro ka miliyari $1.7, mu gihe kompanyi ye...
Read More
Umuhanzi Mecky Kayiranga mu ndirimbo “Garuka”, asaba umukunzi we kugaruka bakubaka-Video
Mecky Kayiranga yashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘Garuka’ yari aherutse gukora mu buryo bw’amajwi mu kwezi gushize, aho asaba umukunzi we kugaruka bakubaka urukundo rukomeye, urukundo rudahungabanywa n’umuyaga. Iyi ndirimbo y’uyu muhanzi, iri mu njyana...
Read More
Umusizi w’umunyamerika Louise Glück yegukanye igihembo cyitiriwe Nobel 2020
Kuri uyu wa 07 Ukwakira 2020, igihembo cyitiriwe Nobel m’ubuvanganzo cyahawe umusizi w’umunyamerika Louise Glück “kubera ijwi rye mu kuvuga imivugo ridashidikanywaho bituma aba ikirangirire ku isi hose”. Igihembo cyatangarijwe i Stockholm na Mats...
Read More
Umuhanzi mu njyana ya Reggae Johnny Nash yitabye Imana ku myaka 80
Johnny Nash, waririmbye mu myaka ya za 70 agatanga ibyishimo ubwo yaririmbaga imwe mu ndirimbo ze yakunzwe cyane yise”Ndabona neza ubu”, yapfuye afite imyaka 80. Umuhungu w’uyu muririmbyi aganira na TMZ yatangaje ko Johnny...
Read More