Dolly Parton, icyamamare mu muziki wo mu njyana ya country akaba n’ukora ibikorwa by’ubugiraneza, yahawe igihembo cya miliyoni 100 z’amadolari y’Amerika na Jeff Bezos washinze Amazon. Ayo, angana na miliyari 106 uyavunje mu mafaranga...
Read More
Kamonyi-Nyamiyaga: Meya Nahayo ati“ Kuba Umurenge w’icyaro wigurira imodoka ni ikimenyetso cy’ibishoboka”
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyamiyaga, Abaturage bawo n’Abafatanyabikorwa, kuri uyu wa 05 Kanama 2022 ubwo bizihizaga umunsi mukuru w’Umuganura, batashye ku mugaragaro imodoka biguriye izajya ifasha mu“ Isuku n’Umutekano”. Ni umurenge w’icyaro uguze imodoka nyuma...
Read More
Ruhango: Amarushanwa mu mikino itandukanye yateguwe na RPF-Inkotanyi yasojwe, abahize abandi batwara ibihembo
Nyuma y’aho horohejwe ingamba zo guhangana n’icyorezo cya COVID-19 yari yaratumye ibikorwa bihuza abantu benshi bihagarara, abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi mu murenge wa Ruhango babyukije bimwe mu bikorwa bifasha abaturage guhangana n’ibibazo bibangamiye imibereho mibi,...
Read More
Nyanza: Meya Ntazinda yanyomoje amakuru y’abavuga ko Igitaramo”I Nyanza Twataramye” kitazongera kubaho
Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza, Ntazinda Erasme aranyomoza amakuru yagiye yumvikana hirya no hino ko igitaramo cyajyaga gitegurwa n’aka karere” I Nyanza Twataramye” kitazongera kubaho. Yemeza ko kizaba, kandi ko ku wa kane wa mbere...
Read More
Nyanza: Sitade Perezida Kagame yemeye igiye gutangira kubakwa na Miliyari 146
Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza, Ntazinda Erasme aremeza ko imirimo yo gutangira kubaka stade Olympic bemerewe na Perezida wa Repuburika y’u Rwanda, Kagame Paul igiye gutangira ndetse ikajyana n’ibindi bikorwa bizaba biyigaragiye. Ibyo byose bizashyirwa...
Read More
Muhanga: Kwibohora bizananye no gufungura agace ko kwidagaduriramo( Car Free Zone) mu muhanda Imbere ya Gare
Umuhanda uri imbere ya Gare ya muhanga, kuri uyu wa 01 Nyakanga 2022 wafunzwe, nta kinyabiziga cyemerewe kuhanyura kuko hahariwe abidagadura ( Car Free Zone). Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga wungirije ushinzwe imibereho myiza y’Abaturage,...
Read More
Irushanwa rya Miss Rwanda ryahagaritswe by’igihe kitazwi
Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco kuri uyu wa 09 Gicurasi 2022, yashyize hanze itangazo ivuga ko ibaye ihagaritse irushanwa rya Miss Rwanda. Imwe mu mpamvu yatangajwe ni ishingiye ku iperereza Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB rugikora ku byaha...
Read More
DR Congo: Indirimbo ya Werrason yahagaritswe izizwa kubamo amagambo y’Urukozasoni
Indirimbo nshya yitwa “Protéger base” y’umuhanzi Werrason wo muri DR Congo yabujijwe gucurangwa kuko irimo “amagambo y’urukozasoni”, nk’uko bivugwa n’urwego rushinzwe gukurikirana muzika muri DR Congo. Nyirubwite ahakana ibivugwa, agashinja abahagaritse indirimbo kwica umuco....
Read More
Inama y’Abaminisitiri yasubijeho gutaha saa sita z’ijoro, ibitaramo n’utubyiniro birakomorerwa….
Mu itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri ya mbere muri uyu mwaka yateranye kuri uyu wa 26 Mutarama 2022 muri Village Urugwiro, ikayoborwa na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Kagame Paul, imwe mu myanzuro y’iyi nama...
Read More
Kamonyi: Abagize itsinda“ Ijuru rya Kamonyi” bahize gukura abaturage mu mibereho mibi
Perezida w’Itsinda ry’abakora siporo ryitwa “Ijuru rya Kamonyi”, Benedata Zacharie aravuga ko ibikorwa byabo by’umwaka wa 2022 bizashingira mu gufasha abaturage kuzamura imyumvire ku bijyanye n’imibereho myiza ikwiye, aho bazafatanya n’inzego z’ubuyobozi bw’ibanze mu...
Read More