Imyaka ibaye ine ba Rwiyemezamirimo bubatse ibyumba by’amashuri mu Mirenge itandukanye y’Akarere ka Kamonyi bishyuza amafaranga yabo ku mirimo bakoze ubwo bubakaga ibyumba by’amashuri. Bamwe bavuga ko Akarere kabateje ubukene n’ibibazo birimo iby’amabanki bafashemo...
Read More
Kamonyi: Fr. Ramon KabugaT.S.S yakundishije benshi TVET binyuze mu imurikabikorwa-Open day
Mu ishuri rya Fr. Ramon Kabuga T.S.S riherereye mu Murenge wa Ngamba, Akarere ka Kamonyi ryigisha Tekinike, imyuga n’Ubumenyi ngiro, kuri uyu wa 16 Mutarama 2024 mu mateka bakoze imurikabikorwa( Open day). Hari hagamijwe...
Read More
Kamonyi-Girinka Mwarimu: Abarezi ba G.S Rose Mystica bagabiye aba E.P Nyagihamba
Mu rwego rwo gushyigikira gahunda ya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Kagame Paul yo guhindura ubuzima bw’Abanyarwanda bukarushaho kuba bwiza binyuze muri gahunda ya “Girinka Munyarwanda”, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 10 Ukuboza...
Read More
Kamonyi-ESB: Musenyeri Ntivuguruzwa yatangije umwaka w’amashuri 2023-2024 asigira umukoro abanyeshuri
Nyiricyubahiro Musenyeri Ntivuguruzwa Balthazar, Umushumba wa Diyoseze Gatolika ya Kabgayi kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2023 yasuye ishuri ryisumbuye ryitiriwe Mutagatifu Berenadeta-ESB Kamonyi. Yatangije umwaka w’amashuri 2023-2024, haba igitambo cya Misa, aha umukoro abanyeshuri...
Read More
Kamonyi: Abishyuza Akarere asaga Miliyoni 90 bashoye mu mashuri amaso yaheze mu kirere
Imyaka igiye kuba itatu Akarere ka Kamonyi katarishyura bamwe muri ba Rwiyemezamirimo bubatse ibyumba by’amashuri, imyaka igiye kwihirika ari itatu. Bahora basaba ubuyobozi kubishyura ariko bukabasaba kwihangana igihe kitazwi. Bamwe muri aba ba Rwiyemezamirimo,...
Read More
Kamonyi: Meya Dr Nahayo yaburiye abayobora ibigo by’amashuri bifite amatsinda yavamo amacakubiri
Mu nama y’uburezi yateranye kuri uyu wa 14 Nzeri 2023, Meya w’Akarere ka Kamonyi, Dr Nahayo Sylvere yongeye kuburira abayobozi b’ibigo by’amashuri byo mu karere abereye umuyobozi ko bakwiye kuzibukira ibikorwa byose biganisha ku...
Read More
Kamonyi-Mugina: Ishyamba si ryeru hagati y’Abarimu n’umuyobozi w’Ikigo cya GS Kivumu
Bamwe mu barimu bigisha mu kigo cy’ishuri cya GS Kivumu giherereye mu Murenge wa Mugina, Akarere ka Kamonyi banditse urwandiko rw’ingorane n’imbogamizi bashinja umuyobozi w’iki kigo kugiramo uruhare. Hari ibyo bavuga mu bibareba, ibireba...
Read More
Kamonyi: Bahawe impanuro mbere yo kwitabira amarushanwa ya FEASSA
Amakipe 5 yo mu karere ka Kamonyi mu mikino itandukanye azahagararirwa u Rwanda mu mikino y’ibigo by’amashuri yo mu gice cy’uburasirazuba bw’Afurika (FEASSA) bahawe impanuro mbere y’uko bitabira aya marushanwa. Basabwe gukoresha imbaraga z’umutima...
Read More
Muhanga: ADEPR yatangije umwiherero w’Abana 240 bakina umupira w’Amaguru batarengeje imyaka 13
Ku bufatanye bw’Itorero rya Pantekoti ry’u Rwanda(ADEPR) n’umuryango mpuzamahanga wa Ambassadors Football Global batangije umwiherero w’iminsi itatu w’abana 240 bakina umupira w’amaguru ku makipe y’Abahungu n’Abakobwa. Aba bana, barimo no kwigishwa ijambo ry’Imana riherekejwe...
Read More
Umwalimu akaba n’umuririmbyi w’injyana ya Hip Hop agiye kumurika Album ya Kabiri
Habimana Thomas, umwarimu wigisha amasomo y’ikoranabuhanga muri Koreji ya Tekeniki ya Rubavu(Rubavu Technic College-RTC), akaba n’umuririmbyi wihebeye umuziki aho aririmba mu njyana ya Hip Hop, agiye kumurika Album ye ya kabiri yise“ Intumwa za...
Read More