Mu nama y’uburezi yateranye kuri uyu wa 14 Nzeri 2023, Meya w’Akarere ka Kamonyi, Dr Nahayo Sylvere yongeye kuburira abayobozi b’ibigo by’amashuri byo mu karere abereye umuyobozi ko bakwiye kuzibukira ibikorwa byose biganisha ku...
Read More
Kamonyi-Mugina: Ishyamba si ryeru hagati y’Abarimu n’umuyobozi w’Ikigo cya GS Kivumu
Bamwe mu barimu bigisha mu kigo cy’ishuri cya GS Kivumu giherereye mu Murenge wa Mugina, Akarere ka Kamonyi banditse urwandiko rw’ingorane n’imbogamizi bashinja umuyobozi w’iki kigo kugiramo uruhare. Hari ibyo bavuga mu bibareba, ibireba...
Read More
Kamonyi: Bahawe impanuro mbere yo kwitabira amarushanwa ya FEASSA
Amakipe 5 yo mu karere ka Kamonyi mu mikino itandukanye azahagararirwa u Rwanda mu mikino y’ibigo by’amashuri yo mu gice cy’uburasirazuba bw’Afurika (FEASSA) bahawe impanuro mbere y’uko bitabira aya marushanwa. Basabwe gukoresha imbaraga z’umutima...
Read More
Muhanga: ADEPR yatangije umwiherero w’Abana 240 bakina umupira w’Amaguru batarengeje imyaka 13
Ku bufatanye bw’Itorero rya Pantekoti ry’u Rwanda(ADEPR) n’umuryango mpuzamahanga wa Ambassadors Football Global batangije umwiherero w’iminsi itatu w’abana 240 bakina umupira w’amaguru ku makipe y’Abahungu n’Abakobwa. Aba bana, barimo no kwigishwa ijambo ry’Imana riherekejwe...
Read More
Umwalimu akaba n’umuririmbyi w’injyana ya Hip Hop agiye kumurika Album ya Kabiri
Habimana Thomas, umwarimu wigisha amasomo y’ikoranabuhanga muri Koreji ya Tekeniki ya Rubavu(Rubavu Technic College-RTC), akaba n’umuririmbyi wihebeye umuziki aho aririmba mu njyana ya Hip Hop, agiye kumurika Album ye ya kabiri yise“ Intumwa za...
Read More
Kamonyi-APPEC: Hamuritswe ibyumba bizagabanya ubucucike, abagiye mu biruhuko bahabwa umukoro
Ubuyobozi bwa College APPEC Remera Rukoma TSS hamwe n’ubwishuri ryabwo ribanza-EP-APPEC bamurikiye Ababyeyi, Abanyeshuri n’inzego zitandukanye ibyumba 2 by’amashuri byubatswe mu kugabanya ubucucike mu mashuri. Basoje kandi umwaka w’ishuri 2022-2023, basaba abagiye mu kiruhuko...
Read More
Kamonyi: Musenyeri Ntivuguruzwa yasabye abanyeshuri kwirinda ibishuko
Mu kuzirikana ibikorwa bya Padiri Ramon, Musenyeri wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Ntivuguruzwa Balthazar yasabye abanyeshuri biga mu kigo cyitiriwe Padiri Ramon giherereye mu Murenge wa Ngamba ahazwi nka Kabuga, ko ubwo bagiye mu...
Read More
Muhanga: Abagera ku bihumbi 4 bagereranya Al Maktoum Foundation nka Malayika waziye abakene n’Impfubyi
Abanyeshuri biga mu ishuri rya Siyansi ry’abakobwa(ESFIH) ryanshinzwe n’umuryango Muhammed Bun Rashid Al Maktoum Hummanitarian & Charity Est, baravuga ko ibikorwa by’uyu muryango birimo n’iri shuri ryigamo abakobwa basaga 320 barimo 180 bishyurirwa n’uyu...
Read More
Muhanga: Musenyeri Ntivuguruzwa yasabye abarangije amasomo muri CEFOPPAK kwigisha abandi ubuhinzi butangiza ibidukikije
Nyiricyuhahiro Musenyeri Balthazar NTIVUGURUZWA, Umwepiskopi wa Diyoseze ya Kabgayi yasabye abarangije amasomo mu Kigo cya CEFOPPAK (Centre de formation professionelle et de promotion Agro-Ecologique de Kabgayi), ko ubumenyi bahavanye badakwiye kubwicarana, ko babubyaza umusaruro,...
Read More