Habimana Thomas, umwarimu wigisha amasomo y’ikoranabuhanga muri Koreji ya Tekeniki ya Rubavu(Rubavu Technic College-RTC), akaba n’umuririmbyi wihebeye umuziki aho aririmba mu njyana ya Hip Hop, agiye kumurika Album ye ya kabiri yise“ Intumwa za...
Read More
Kamonyi-APPEC: Hamuritswe ibyumba bizagabanya ubucucike, abagiye mu biruhuko bahabwa umukoro
Ubuyobozi bwa College APPEC Remera Rukoma TSS hamwe n’ubwishuri ryabwo ribanza-EP-APPEC bamurikiye Ababyeyi, Abanyeshuri n’inzego zitandukanye ibyumba 2 by’amashuri byubatswe mu kugabanya ubucucike mu mashuri. Basoje kandi umwaka w’ishuri 2022-2023, basaba abagiye mu kiruhuko...
Read More
Kamonyi: Musenyeri Ntivuguruzwa yasabye abanyeshuri kwirinda ibishuko
Mu kuzirikana ibikorwa bya Padiri Ramon, Musenyeri wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Ntivuguruzwa Balthazar yasabye abanyeshuri biga mu kigo cyitiriwe Padiri Ramon giherereye mu Murenge wa Ngamba ahazwi nka Kabuga, ko ubwo bagiye mu...
Read More
Muhanga: Abagera ku bihumbi 4 bagereranya Al Maktoum Foundation nka Malayika waziye abakene n’Impfubyi
Abanyeshuri biga mu ishuri rya Siyansi ry’abakobwa(ESFIH) ryanshinzwe n’umuryango Muhammed Bun Rashid Al Maktoum Hummanitarian & Charity Est, baravuga ko ibikorwa by’uyu muryango birimo n’iri shuri ryigamo abakobwa basaga 320 barimo 180 bishyurirwa n’uyu...
Read More
Muhanga: Musenyeri Ntivuguruzwa yasabye abarangije amasomo muri CEFOPPAK kwigisha abandi ubuhinzi butangiza ibidukikije
Nyiricyuhahiro Musenyeri Balthazar NTIVUGURUZWA, Umwepiskopi wa Diyoseze ya Kabgayi yasabye abarangije amasomo mu Kigo cya CEFOPPAK (Centre de formation professionelle et de promotion Agro-Ecologique de Kabgayi), ko ubumenyi bahavanye badakwiye kubwicarana, ko babubyaza umusaruro,...
Read More
Kamonyi: College APPEC yunamiye, Abanyeshuri, Abarimu n’Ababyeyi bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Kuri uyu wa 10 Kamena 2023, ubuyobozi bw’ishuri College APPEC Remera-Rukoma TSS, Abanyeshuri, Abarezi, Abakozi n’inshuti bibutse ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, by’umwihariko abari Abanyeshuri, Abarezi n’Ababyeyi bashinze iri shuri bishwe muri...
Read More
Hasojwe imikino cy’icyiciro cya kabiri, Saint Joseph na Saint Aloys Rwamagana bahabwa ibikombe
Ni shampiyona yasozwaga nyuma yo gukinwa mu mezi hafi 6, ubariyemo n’ibiruhuko kuko iyi shampiyona ikinwa cyane n’amakipe y’amashuri makuru yisumbuye na kaminuza. Iyi shampiyona y’icyiciro cya kabiri kandi yakinwe mu byiciro 2, Abagabo...
Read More
Muhanga/#Kwibuka29: Urubyiruko rwishwe muri Jenoside rwibutswe, abato bahabwa umukoro
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline yahaye umukoro urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Rwasabwe kudafatira urugero ku rubyiruko rubi rwijanditse muri Jenoside rugahekura u Rwanda. Bibukijwe ko bakwiye kwanga amacakubiri y’amoko bagaharanira...
Read More
Muhanga: Ishuri “Urukundo Fondation” bunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi
Abanyeshuri barererwa mu ishuri ry’Urukundo n’abakozi baryo bibutse ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, baha icyubahiro abashyinguye mu Rwibutso rw’Akarere ka Muhanga ruherereye i Kabgayi ho mu Murenge wa Nyamabuye. Ni igikorwa cyatangijwe...
Read More