Mu nama y’uburezi yateranye kuri uyu wa 14 Nzeri 2023, Meya w’Akarere ka Kamonyi, Dr Nahayo Sylvere yongeye kuburira abayobozi b’ibigo by’amashuri byo mu karere abereye umuyobozi ko bakwiye kuzibukira ibikorwa byose biganisha ku...
Read More
Kamonyi-Mugina: Ishyamba si ryeru hagati y’Abarimu n’umuyobozi w’Ikigo cya GS Kivumu
Bamwe mu barimu bigisha mu kigo cy’ishuri cya GS Kivumu giherereye mu Murenge wa Mugina, Akarere ka Kamonyi banditse urwandiko rw’ingorane n’imbogamizi bashinja umuyobozi w’iki kigo kugiramo uruhare. Hari ibyo bavuga mu bibareba, ibireba...
Read More
Kamonyi-Rugalika: Yareze mu ruhame umwana we uburaya no kwiyandarika atahana ariwe uhasebeye
Umubyeyi utuye mu Mudugudu wa Kigarama, Akagari ka Sheli, Umurenge wa Rugalika, Akarere ka Kamonyi, kuri uyu wa 05 Nzeri 2023 ubwo yari imbere y’inteko y’Abaturage yayigejejeho ikibazo afitanye n’umwana w’umukobwa w’imyaka 16 y’amavuko,...
Read More
Huye: Abagera kuri 146 mu ngamba zo guhanga imirimo mishya 8,000
Kuri uyu wa mbere tariki ya 14 Kanama 2023, abafatanyabikorwa batandukanye bakorera mu karere ka Huye basaga 146, bahuriye mu nama nyunguranabitekerezo biga ku guhanga imirimo mishya muri aka karere. Hamwe n’ubuyobozi bw’Akarere, bagaragaje...
Read More
Kamonyi: Bahawe impanuro mbere yo kwitabira amarushanwa ya FEASSA
Amakipe 5 yo mu karere ka Kamonyi mu mikino itandukanye azahagararirwa u Rwanda mu mikino y’ibigo by’amashuri yo mu gice cy’uburasirazuba bw’Afurika (FEASSA) bahawe impanuro mbere y’uko bitabira aya marushanwa. Basabwe gukoresha imbaraga z’umutima...
Read More
Muhanga: ADEPR yatangije umwiherero w’Abana 240 bakina umupira w’Amaguru batarengeje imyaka 13
Ku bufatanye bw’Itorero rya Pantekoti ry’u Rwanda(ADEPR) n’umuryango mpuzamahanga wa Ambassadors Football Global batangije umwiherero w’iminsi itatu w’abana 240 bakina umupira w’amaguru ku makipe y’Abahungu n’Abakobwa. Aba bana, barimo no kwigishwa ijambo ry’Imana riherekejwe...
Read More
Muhanga: Ndababonye Jean Pierre ukurikiranyweho kuroha abana muri Nyabarongo yatangiye kuburanishwa
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye kuri uyu wa 08 Kanama 2023 rwatangiye kuburanisha Ndababonye Jean Pierre bakunze kwita Nyakazehe. Akurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi budaturutse ku bushake cyo kwica abana 10 abataye muri Nyabarongo. Ni urubanza rubera...
Read More
Muhanga-Intore mu biruhuko: Urubyiruko rwasabwe kwirinda Abashukanyi n’ibyangiza inzozi ku hazaza
Atangiza gahunda y’Intore mu biruhuko, Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga wungirije ushinzwe iterambere ry’Ubukungu, Bizimana Eric yasabye urubyiruko rwitabiriye iyi gahunda kwirinda abarushuka bakarushora mu bikorwa by’ubusambanyi, gucuruza no gukoresha ibiyobyabwenge. Yibukije ko bibangiriza inzozi...
Read More
Kamonyi-“NIBEZA”: Abagabo baranengwa kutagira uruhare mu kwita ku bana babo bafite ubumuga
Mu muhango w’imurikabushobozi ry’ibikorwa by’amaboko byakozwe n’abana bafite ubumuga butandukanye babarizwa mu muryango “Nibeza”, byagaragaye ko ababyeyi b’aba“Mama” aribo usanga bahangayikishwa cyane n’ubuzima bw’aba bana, aribo babaherekeza cyane mu rugendo rwabo rw’ubuzima babamo umunsi...
Read More
Umwalimu akaba n’umuririmbyi w’injyana ya Hip Hop agiye kumurika Album ya Kabiri
Habimana Thomas, umwarimu wigisha amasomo y’ikoranabuhanga muri Koreji ya Tekeniki ya Rubavu(Rubavu Technic College-RTC), akaba n’umuririmbyi wihebeye umuziki aho aririmba mu njyana ya Hip Hop, agiye kumurika Album ye ya kabiri yise“ Intumwa za...
Read More