Benshi mu rubyiruko rugejeje igihe cyo gutora ariko bakaba aribwo bwa mbere batoye, bavuga ko mu myaka itambutse babonaga abantu bajya gutora bakumva ko ntaho bahuriye, ko aribo Banyarwanda buzuye, ko hari imbaraga bafite...
Read More
Kamonyi-Rukoma/ College APPEC: Abarezi, Ubuyobozi n’Abanyeshuri baremeye intwaza
Ubuyobozi bw’ishuri rya College APPEC, Abarezi n’Abanyeshuri b’iki kigo, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 29 Gicurasi 2024 bakoze igikorwa ngarukamwaka cy’Ubudaheranwa biyemeje cyo kuba hafi Intwaza Mukakimenyi Rose. Bamuganirije bamuha n’ubutumwa bumuhumuriza, bamwereka...
Read More
Kamonyi-Rugalika/RPF-INKOTANYI: Urubyiruko rusaga 190 rwarahiye ruhabwa impanuro, abandi bumviraho
Mu nteko rusange y’Urugaga rw’Urubyiruko rushamikiye ku muryango FPR-INKOTANYI yabaye kuri uyu wa 19 Gicurasi 2024 mu Murenge wa Rugalika, hakiriwe Urubyiruko rw’Abanyamuryango 195 barahiriye gutera intambwe idasubira inyuma mu gukorera Umuryango. Basabwe kurushaho...
Read More
Kamonyi-Rugalika: Ntimukikureho inshingano nk’Ababyeyi ngo mushake kuzohereza ku kigo cy’ishuri-Meya Dr Nahayo
Byatangiye umwe mu baturage wari mu nteko rusange y’Abaturage yo kuri uyu wa 16 Mata 2024 mu kagari ka Sheli, Umurenge wa Rugalika avuga uburyo barumuna be babiri harimo uwiga umwaka wa mbere mu...
Read More
Kamonyi-Kayumbu: Meya yakebuye urubyiruko rushaka gutera imbere rudakora
Bamwe mu rubyiruko rwo mu Murenge wa Kayumbu barimo n’abaruhagarariye, bagaragaza inyota yo gushaka gukira ariko imvugo n’ibikorwa byabo bikagaragaza ibihabanye. Bashaka gukira batavunitse, bashaka iterambere bazaniwe, batagizemo uruhare. Mu nteko y’Abaturage yo kuri...
Read More
Kamonyi: Fr. Ramon KabugaT.S.S yakundishije benshi TVET binyuze mu imurikabikorwa-Open day
Mu ishuri rya Fr. Ramon Kabuga T.S.S riherereye mu Murenge wa Ngamba, Akarere ka Kamonyi ryigisha Tekinike, imyuga n’Ubumenyi ngiro, kuri uyu wa 16 Mutarama 2024 mu mateka bakoze imurikabikorwa( Open day). Hari hagamijwe...
Read More
Kamonyi-Kagame Cup: Imirenge y’Umujyi yabujije iy’icyaro ibyishimo by’igikombe impande zose
Haba mu bakobwa, haba mu bahungu, imirenge ibiri muri itatu igize Umujyi w’Akarere ka Kamonyi yatsinze imirenge y’icyaro bahuriye ku mukino wa nyuma w’Umupira w’amaguru mu gikombe“Umurenge Kagame-Cup“. Abitabiriye imikino, bahawe ubutumwa bubakangurira kwitwararika...
Read More
Kamonyi-Kagame Cup: Imirenge y’Umujyi yasubije iy’icyaro iwayo nta ntsinzi
Mu irushanwa ry’Umupira w’Amaguru rihuza imirenge ryitiriwe Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda( Umurenge Kagame-Cup) ryari rigeze muri kimwe cya kabiri-1/2 ku rwego rw’Akarere, Abakobwa b’Umurenge wa Gacurabwenge batsinze bagenzi babo b’Umurenge wa Kayumbu, Abahungu b’Umurenge...
Read More
Kamonyi-Rugalika: Inyubako z’Igihango cy’Urungano n’ibizahakorerwa byasuwe na MINUBUMWE
Ni inyubako y’Igihango cy’Urungano yasuwe kuri uyu wa 12 Ukuboza 2023 na MINUBUMWE hagamijwe kureba no gusuzuma( Evaluation) ibyakozwe n’urubyiruko ruri ku rugerero, aho bigomba guhatana n’ibindi byakozwe n’urubyiruko mu turere twose tw’Igihugu, hakaboneka...
Read More
Kamonyi: Meya Dr Nahayo yaburiye abayobora ibigo by’amashuri bifite amatsinda yavamo amacakubiri
Mu nama y’uburezi yateranye kuri uyu wa 14 Nzeri 2023, Meya w’Akarere ka Kamonyi, Dr Nahayo Sylvere yongeye kuburira abayobozi b’ibigo by’amashuri byo mu karere abereye umuyobozi ko bakwiye kuzibukira ibikorwa byose biganisha ku...
Read More