Kuri uyu wa 10 Kamena 2023, ubuyobozi bw’ishuri College APPEC Remera-Rukoma TSS, Abanyeshuri, Abarezi, Abakozi n’inshuti bibutse ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, by’umwihariko abari Abanyeshuri, Abarezi n’Ababyeyi bashinze iri shuri bishwe muri...
Read More
Hasojwe imikino cy’icyiciro cya kabiri, Saint Joseph na Saint Aloys Rwamagana bahabwa ibikombe
Ni shampiyona yasozwaga nyuma yo gukinwa mu mezi hafi 6, ubariyemo n’ibiruhuko kuko iyi shampiyona ikinwa cyane n’amakipe y’amashuri makuru yisumbuye na kaminuza. Iyi shampiyona y’icyiciro cya kabiri kandi yakinwe mu byiciro 2, Abagabo...
Read More
Muhanga: Gusura aho twarokokeye bidusubiza intege no kwibuka amateka mabi twanyuzemo-Abarokokeye i Kabgayi
Abagize umuryango”Inkotanyi”, urimo abarokokeye Jenoside I Kabgayi aho bari bahungiye abicanyi, bunamiye Abatutsi bahiciwe ubwo bari bahahungiye bahizeye kuhakirira. Baherekeje kandi bagenzi babo gusura Urwunge rw’Amashuri rwitiriwe Mutagatifu Yozefu I Kabgayi aho barokokeye. Ishimwe...
Read More
Muhanga/#Kwibuka29: Urubyiruko rwishwe muri Jenoside rwibutswe, abato bahabwa umukoro
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline yahaye umukoro urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Rwasabwe kudafatira urugero ku rubyiruko rubi rwijanditse muri Jenoside rugahekura u Rwanda. Bibukijwe ko bakwiye kwanga amacakubiri y’amoko bagaharanira...
Read More
Muhanga: Icyenewabo, kutamenya ahashakishirizwa akazi, impuruza ku rubyiruko rusoza amashuri
Bamwe mu rubyiruko rusoza amashuri yaba ayisumbuye na Kaminuza baravuga ko bikibagora kubona akazi. Bemeza ko n’aho kabonetse gatangwa ku kimenyane. Gusa na none hari n’abavuga ko batazi aho bashakira imyanya iri ku isoko,...
Read More
Kamonyi-Nyarubaka/Kwibuka29: Hagarutswe kuri Mukangango n’umuhungu we bagize uruhare mu iyicwa ry’abana b’abahungu basaga 100
Mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda, by’umwihariko mu Murenge wa Nyarubaka, kuri uyu wa 28 Mata 2023 hagarutswe ku bugome ndengakamere bw’Interahamwe y’umugore witwa Mukangango n’umuhungu we...
Read More
Muhanga: Urubyiruko rwihurije muri “Chozo Foundation” rurasaba ababyeyi kurufasha kumenya amateka ya Jenoside
Bamwe mu rubyiruko rwishyize hamwe rugashinga umuryango witwa “Chozo Foundation=Ibyishimo) baravuga ko intumbero yabo ari ukumenya neza amateka ya Jenoside. Basaba ababyeyi kubabwiza ukuri doreko bamwe muri bo bemeza bagiye bagerageza kubaza ababyeyi ariko...
Read More
Muhanga: Imwe mu miryango yavugutiwe umuti ku bana bataga ishuri
Imiryango isaga ibihumbi bitanu yo mu mirenge itanu y’Akarere ka Muhanga itishoboye, imaze gubabwa ubufasha burimo amatungo magufi, ibiryamirwa n’ibiribwa mu rwego rwo gufasha abana kwitabira ishuri no gufasha iyi miryango kubonera abana iby’ibanze...
Read More
Kigali: Hatangijwe icyumweru cyahariwe ibikorwa byo kwizigamira ku bakira bato
Urubyiruko rurasabwa guhindura imyitwarire, rukarenga imbibi zituma rutabasha kwizigamira mu gutegura ubuzima bw’ahazaza. Umuryango mpuzamahanga ufasha urubyiruko mu kwiteza imbere mu miyoborere ishami ry’U Rwanda(AIESEC), bafatanyije n’isoko ry’Imari n’imigabane (Rwanda Stock Exchange, RSE), bibukije...
Read More
Kamonyi: Abarangije muri ESB bagarutse ku isoko bahanura barumuna babo
Abize mu ishuri ryisumbuye ryitiriwe Mutagatifu Berenadeta( Ecole Ste Bernadette-ESB) riherereye mu Murenge wa Gacurabwenge, Akarere ka Kamonyi, kuri uyu wa 26 Gashyantare 2023, bagarutse aho bavomye ubumenyi, bataramana na barumuna babo, barasangira, barakina,...
Read More