Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha-RIB, mu biganiro n’abaturage b’Umurenge wa Kibangu, Akagari Jurwe rwabakanguriye kumenya uburyo bwiza bwo kubungabunga ibimenyetso bw’uwakorewe ihohoterwa kugirango bizakoreshwe mu itangwa ry’ubutabera. Byagarutseho ubwo urwego rwari mu bukangurambaga bwo gusobanura serivisi...
Read More
Kamonyi-Buguri: Yishe umugorewe akoresheje isuka, ashatse kwikeba ingoto ngo apfe akunda ubuzima
Hari mu masaha ya mugitondo ahashyira ku i saa yine zo kuri uyu wa 18 Nzeri 2023 mu Mudugudu wa Nyakabande, Akagari ka Buguri, Umurenge wa Rukoma, Akarere ka Kamonyi ubwo Nshimiyimana Daniel w’imyaka...
Read More
Kamonyi: Yateruye umukobwa w’imyaka 17 amugira umugore, RIB ibagwa gitumo bagiye kwirega mu muryango
Sibomana Albert w’imyaka 20 y’amavuko, yaherekejwe n’umuryango we kujya kwirega iwabo w’umwana w’umukobwa yateruye( bya kinyarwanda), amugira umugore atagejeje imyaka y’ubukure, bakiri mu birori cyangwa imisango yo kwirega RIB ibata muri yombi. Uyu musore,...
Read More
Kamonyi-SACCO: Perezida n’Umucungamutungo (Manager) bafungiwe ubufatanyacyaha mu kunyereza umutungo
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB Sitasiyo ya Musambira, Akarere ka Kamonyi ku wa 30 Kanama 2023 rwafunze uwitwa Sindikubwabo Jean Baptiste w’imyaka 46 y’amavuko akaba Perezida wa SACCO MBONEZISONGA MUSAMBIRA, hafungwa kandi Umucungamutungo(Manager) witwa Higiro Daniel...
Read More
Muhanga: Ndababonye yahamijwe icyaha cyo kwica abana 10 akatirwa gufungwa umwaka 1 n’ihazabu y’ibihumbi 500
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye kuri uyu wa 16 Kanama 2023 rwasomye urubanza ruregwamo Ndababonye Jean Pierre. Yahamijwe icyaha cy’ubwicanyi budaturutse ku bushake bwo kwica abana 10 abataye muri Nyabarongo, ahanishwa gufungwa umwaka umwe (1)...
Read More
Muhanga: Ndababonye Jean Pierre ukurikiranyweho kuroha abana muri Nyabarongo yatangiye kuburanishwa
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye kuri uyu wa 08 Kanama 2023 rwatangiye kuburanisha Ndababonye Jean Pierre bakunze kwita Nyakazehe. Akurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi budaturutse ku bushake cyo kwica abana 10 abataye muri Nyabarongo. Ni urubanza rubera...
Read More
Kamonyi-Gacurabwenge: Polisi yarashe umugabo wari ukurikiranyweho gutema umugore we
Umugabo Badege Eduwari wari ukurikiranyweho gutemagura umugore we, yarashwe na Polisi mu rukerera rw’uyu wa Kabiri Tariki 08 Kanama 2023 ubwo yari agiye kwerekana intwaro yakoresheje atema umugore we. Abaturage bavuga ko kuraswa k’uyu...
Read More
Kamonyi: Nitujya mu byaha nti tuzagira umuryango ucyeye, uteye imbere kandi utekanye-PCI Kamarampaka Console
Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB mu Ntara y’Amajyepfo, Kamarampaka Console yabwiye abaturage bo mu Murenge wa Ngamba, Akarere ka Kamonyi ko Umuryango ari ishingiro ry’iterambere, ry’Amahoro, ry’Umutekano, ko ariyo mpamvu buri wese asabwa kwirinda ikitwa...
Read More
Kamonyi: Gitifu na Mudugudu bakurikiranyweho kwaka ruswa ushaka kubaka
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nkingo, Rwandenzi Epimaque w’imyaka 44 y’amavuko usanzwe unakuriye bagenzi bose mu Rwanda. Hatawe muri yombi kandi Umukuru w’Umudugudu wa Juru, Yankurije Claudine w’imyaka 49...
Read More
Muhanga: Amaburakindi no kutamenya bibatera gukora ibyaha by’inzaduka n’ibyangiza ibidukikije
Mu karere ka Muhanga, Umurenge wa Nyarusange, Akagari ka Ngaru, Umudugudu wa Gitega, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB rwatangije ubukangurambaga ku byaha by’inzaduka n’ibyaha bibangamiye ibidukikije. Abaturage bavuga ko bimwe muri ibi byaha babikoreshwa no kutabimenya...
Read More