Urukiko rwa rubanda (Cour d’Assises) rw’I Buruseli mu Bubiligi kuri uyu wa 10 Kamena 2024 rwahanishije Umunyarwanda Nkunduwimye Emmanuel uzwi ku izina rya Bomboko imyaka 25 y’igifungo nyuma yo kumuhamya ibyaha bya Jenoside yakorewe...
Read More
Ububiligi: Nkunduwimye (Bomboko) ahamijwe ibyaha bya Jenoside ahita atabwa muri yombi
Hari hashize iminsi itatu urukiko ruri mu mwiherero, aho rwasuzumaga uko urubanza rw’Umunyarwanda Nkunduwimye Emmanuel bakunda kwita Bomboko rwagenze, haba ku bamushinje, Abamushinjuye, kwiregura kwe ku byaha bya Jenoside. Nk’ibisanzwe, yaje mu rukiko agaragara...
Read More
Ububiligi: “Sinigeze nica yewe sinanigeze mfata ku ngufu”-Bomboko
Nkunduwimye Emmanuel uzwi ku izina rya Bomboko, umunyarwanda umaze hafi amezi abiri aburanishwa mu rukiko rwa Rubanda i Buruseli mu Gihugu cy’u Bubiligi, aho akurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda 1994, kuri...
Read More
Kamonyi: Abakozi 2 batawe muri yombi
Abakozi babiri b’Umurenge wa Rukoma barimo; Nyirabagenzi Marie ushinzwe Imari n’Ubutegetsi( Admin) hamwe na Bakundukize Jean Damascene, umukozi ushinzwe Amakoperative n’Ubucuruzi batawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB ku wa Gatanu w’icyumweru dushoje, tariki 24...
Read More
Ububiligi: Mu rubanza rwa Bomboko, umutangabuhamya yanze kwitaba urukiko hitabazwa polisi
Mu rubanza rw’Umunyarwanda Nkunduwimye Emmanuel bakunda kwita Bomboko ruri kubera I Buruseli mu Gihugu cy’u Bubiligi, aho akurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, umwe mu batangabuhamya yanze kuza mu rukiko biba ngombwa ko rwohereza...
Read More
Umucamanza, Umugenzacyaha, Umushinjacyaha n’abandi 7 batawe muri yombi na RIB
Abantu 10 barimo Umucamanza witwa Micomyiza Placide wo ku rukiko rw’ibanze rwa Gasabo, Uwayezu Jean de Dieu Umushinjacyaha ku rwego rw’ibanze rwa Ngarama, Misago Jean Marie Vianney Umugenzacyaha kuri Sitasiyo ya Ngarama, Tuyisenge Jean...
Read More
Kamonyi-Rukoma: Abagizi ba nabi bishe umuturage bamuciye umutwe
Amakuru mpamo agera ku intyoza.com ni uko ahagana ku i saa mbiri n’iminota 30 z’ijoro ryo kuri uyu wa 18 Gicurasi 2024, mu Mudugudu wa Nyamabuye, Akagari ka Gishyeshye, Umurenge wa Rukoma ho mu...
Read More
Ububiligi: Wavuga ute ko Bomboko atari Interahamwe?-Umutangabuhamya
Imbere y’inteko iburanisha urubanza rw’Umunyarwanda Nkunduwimye Emmanuel bakunda kwita Bomboko, umwe mu batangabuhamya ubwo yabazwaga n’uhagarariye uregwa niba nawe yavuga ko Bomboko yari“Interahamwe”kandi ubuhamya bwinshi buvuga ko atajyaga mu bikorwa bya Politiki, uyu mutangabuhamya...
Read More
Ububiligi: Inyangamugayo mu rubanza rwa Bomboko yirukanywe izira kugaragaza amarangamutima
Mu rubanza rw’Umunyarwanda Nkunduwimye Emmanuel bakunda kwita Bomboko ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, rurimo kuburanishirizwa I Buruseli mu Gihugu cy’u Bubiligi, inyangamugayo imwe mu bagize inteko iburanisha yirukanywe muri uru rubanza azizwa kugaragaza...
Read More
Kamonyi-Amayaga: RIB yeruriye abaturage ibyaha byabo batangira kuvuga ukuri
Umuyobozi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha-RIB mu Karere ka Kamonyi-DCI, Mukandahiro Jeanne d’Arc yabwije ukuri kweruye abaturage b’Amayaga( Nyamiyaga na Mugina) ku byaha byabo. Nta guca ku ruhande yababwiye ko ari bamwe mu bafite ibyaha byinshi. Ni...
Read More