Bamwe mu bahinzi b’Umuceri mu kibaya cya Mukunguri babarizwa muri Koperative Cooproriz Abahuzabikorwa, by’umwihariko abafite Konti muri Banki ya BK barashinja ubuyobozi bwabo kutabishyura umusaruro bagemuye bakababeshya ko Konti zabo muri iyi Banki zasinziriye....
Read More
Kamonyi: Dr Nahayo Sylvere yasuye kandi ahumuriza abahuye n’ibiza, MINEMA nayo yari ihari
Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr Nahayo Sylvere ari kumwe n’itsinda ry’abakozi ba Minisiteri ifite ibikorwa by’ubutabazi mu Rwanda(MINEMA), ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki 22 Gashyantare 2024 ahagana ku i saa kumi,...
Read More
Kamonyi-Nyarubaka: Inkangu yatwaye ubutaka n’imyaka by’abaturage bamwe basabwa kwimuka bwangu
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 21 Gashyantare 2024, mu Mudugudu wa Rugarama, Akagari ka Kigusa, Umurenge wa Nyarubaka, Akarere ka Kamonyi, mu buryo budasanzwe ubutaka n’imyaka itandukanye y’abaturage biri ku buso hafi Hegitari...
Read More
Kamonyi-Mukunguri: Toni zisaga 10 z’umuceri zagurishijwe bumamyi n’umurobyi w’amafi
Imodoka yo mu bwoko buzwi nka FUSO, mu rukerera rwo kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2023 yafatiwe mu Kagari ka Kabugondo, Umudugudu wa Mataba side ipakiye Toni zisaga icumi z’Umuceri zari zijyanywe bumamyi nkuko...
Read More
Kamonyi-MRPIC: Barashinja uruganda rw’Umuceri kubima agaciro rubashinja guteza“akajagari”
Abahinzi b’Umuceri muri Koperative COOPRORIZ-ABAHUZABIKORWA ari nabo bafite imigabane isaga 70% mu ruganda MRPIC rutunganya umusaruro wabo w’Umuceli bahinga mu kibaya cya Mukunguri, barashinja ubuyobozi bw’uru ruganda kurubahezamo buvuga ko bateza“akajagari”, banduza uruganda. Ni...
Read More
Kamonyi-COOPRORIZ-ABAHUZABIKORWA: Mugenzi Ignace yaciriye umuvuno umusimbuye, amwereka ko ikibuga giharuye
Mugenzi Ignace wari umaze imyaka 6 ayobora Koperative COOPRORIZ-ABAHUZABIKORWA Mukunguri yasimbuwe ku buyobozi. Yasabye abamukoreye mu ngata kurushaho kubaka imiyoborere myiza mu banyamuryango, gukora cyane bakazamura umusaruro no kunoza ibyo bakora mu nyungu z’umunyamuryango...
Read More
Kamonyi: Nta butaka dushaka kubona budahinze kabone n’ahagenewe kubakwa hatubatse-Dr Nahayo
Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr Nahayo Sylvere yasabye abaturage guhaguruka bagahinga ahari ubutaka hose muri aka karere, ahagenwe imiturire, yemwe n’ahari ibibanza byo kubakwamo ariko bikaba bitubakwa. Asaba uzi ahari ubutaka budahinze gutanga amakuru,...
Read More
Kamonyi: Agatsiko kiswe “KABASHENGURE” kazamuye amacakubiri mu kigo cy’ishuri
Hashize amezi asaga ane mu kigo cy’ishuri ribanza rya Gitare riherereye mu Murenge wa Nyarubaka, Akarere ka Kamonyi havugwa“Agatsiko” kiswe “KABASHENGURE ”. Ni agatsiko kavuzweho kubiba amacakubiri, kunaniza no gusuzugura ubuyobozi. Abarimu bacitsemo ibice...
Read More
Kamonyi-COOPRORIZ-ABAHUZABIKORWA: USADF isize uwasindagizwaga yasindagiza abandi
Imyaka ine irashize ikigo cya Leta zunze Ubumwe za Amerika gifasha Amakoperative na ba Rwiyemezamirimo muri gahunda zo kwiteza imbere-USADF gifasha Abahinzi b’Umuceri muri Koperative COOPRORIZ-ABAHUZABIKORWA yo mu karere ka Kamonyi. Basindagijwe n’umunyembaraga, abacukije...
Read More
Kamonyi: Ntabwo dukwiye kuyobora abaturage bishwe n’inzara, tubasabye kuzana impinduka-Guverineri Kayitesi
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice yibukije abakora ubuhinzi n’abafashamyumvire babwo bahawe Telefoni ko bakwiye kuba imbarutso nziza yo gufasha abaturage kugira impinduka zigaragara mu rwego rw’ubuhinzi n’ubworozi bitunze abarenga 80%. Yabasabye gutanga amakuru ku...
Read More