Abahinzi n’aborozi bo mu Rwanda barasabwa gutegura imishinga ijyanye n’ibyo bakora bagahabwa inguzanyo y’amafaranga bazishyura ku rwunguko rw’ 8%. Ibi byagarutsweho ubwo hasobanurwaga ibijyanye n’umushinga CDAT ugamije guteza imbere ubuhinzi bugamije ubucuruzi no kugabanya...
Read More
Muhanga: Minisitiri Ingabire yibukije abaturage ko bakwiye kugira uruhare mu kurwanya isuri
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’Igihugu ushinzwe imibereho myiza y’Abaturage, Ingabire Assoumpta yibukije abaturage kugira uruhare rufatika mu bikorwa byo kurwanya isuri kuko itwara ubutaka burimo ifumbire bigatuma bateza neza ibyo bahinze ndetse...
Read More
Kamonyi-Rugalika: Nyuma y’imyaka 4 aburabuzwa n’ubuyobozi, urukiko rwamutabaye
Yitwa Kayobera Esperance, atuye mu kagari ka Kigese, Umurenge wa Rugalika. Avuga ko nyuma y’imyaka 4 aburabuzwa n’ubuyobozi, akubitwa ashakirwa ibyaha n’impamvu zimufungisha kubera ubuta bwe, urukiko rwamutabaye rwemeza ukuri ubuyobozi bwari bwaranze kwemera....
Read More
RAB irashishikariza aborozi gukoresha amasazi y’umukara mu biryo by’amatungo
Umuyobozi Mukuru wungirije w’ikigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere ry’ ubuhinzi n’Ubworozi-RAB, ushinzwe Iterambere ry’Ubworozi, Dr Uwituze Solange yasabye aborozi korora amasazi y’Umukara kuko asimbura Soya yavaga mu bihugu by’amahanga ndetse n’indagara ku kigero cya 75%,...
Read More
Nyaruguru: Ubuso buto buhingwaho icyayi, butuma uruganda rudakora ku kigero gikwiye
Umuyobozi Mukuru w’Uruganda rw’Icyayi rwa Nshili-Kivu ruherereye mu karere ka Nyaruguru, Hakizayezu Marc avuga ko kutagira ubuso buhagije bwo guhingaho bituma batunganya 40% bya Toni 58 bakabaye batunganya ku munsi. Asaba ubuyobozi bw’Akarere kubaha...
Read More
Muhanga: Buri rugo rwatangiye guhabwa ibiti bizafasha mu kurwanya imirire mibi no kubungabunga ibidukikije
Umuryango Nyarwanda udaharanira inyungu Stewards of Eden, ubinyujije mu mushinga wo kubungabunga ibidukikije no kurwanya isuri watangiye guha abaturage ibiti bivangwa n’imyaka mu rwego rwo kurinda ibidukikije, ariko kandi no kurwanya imirire mibi n’igwingira...
Read More
Kamonyi-Runda: Hashyizwe imbaraga mu gukumira amazi ashobora kwangiriza abaturage
Abatuye muri Site z’imiturire za Rubona, Musebeya, Kabasanza, Rugogwe na Kagina ho mu Murenge wa Runda barishimira ko imihanda irimo gutunganywa yatangiye gukorwaho inzira z’amazi(Rigori). Bavuga ko bari bafite impungenge z’amazi y’imvura yashoboraga kwangiza...
Read More
Muhanga: Guverineri Kayitesi yasabye abanyamuhanga kwita ku isuku nk’abari mu Mujyi ugaragiye Kigali
Muri Gahunda y’igitondo cy’isuku yo ku wa 15 Ugushyingo 2022, Guverineri w’intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice yasabye abatuye umujyi wa Muhanga kurangwa n’ isuku bakanibuka ko bagaragiye umurwa mukuru w’u Rwanda- Kigali. Yanabibukije ko imipaka...
Read More
Kigali: Hitezwe impinduka ku bibazo bibangamiye abafite aho bahuriye n’igihingwa cya Kawa
Umuyobozi w’Urugaga rw’abohereza Kawa mu mahanga, Gatali Gilbert aravuga ko isoko ryayo ritifashe neza kubera ibihe Isi irimo by’izamuka ry’ibiciro ku isoko mpuzamahanga. Avuga ko igiciro cya Kawa cyamaze kumanuka, ariko ko inama Nyafurika...
Read More
Kamonyi: Minisitiri Mukeshimana yasabye abahinzi ba Koperative COAMILEKA kuba intangarugero
Minisitiri w’Ubuhinzi n’ubworozi, Mukeshimana Gerardine yifatanyije n’abahinzi bakorera ubuhinzi muri Koperative ya COAMILEKA. Ba bagaye ibigori banashyiramo ifumbire bahawe na Leta ku buntu. Yabasabye gukomeza kuba intangarugero mu buhinzi n’ubworozi, bagakomeza gukora ubuhinzi buhindura...
Read More