Umuyobozi Mukuru w’Uruganda rw’Icyayi rwa Nshili-Kivu ruherereye mu karere ka Nyaruguru, Hakizayezu Marc avuga ko kutagira ubuso buhagije bwo guhingaho bituma batunganya 40% bya Toni 58 bakabaye batunganya ku munsi. Asaba ubuyobozi bw’Akarere kubaha...
Read More
Muhanga: Buri rugo rwatangiye guhabwa ibiti bizafasha mu kurwanya imirire mibi no kubungabunga ibidukikije
Umuryango Nyarwanda udaharanira inyungu Stewards of Eden, ubinyujije mu mushinga wo kubungabunga ibidukikije no kurwanya isuri watangiye guha abaturage ibiti bivangwa n’imyaka mu rwego rwo kurinda ibidukikije, ariko kandi no kurwanya imirire mibi n’igwingira...
Read More
Kamonyi-Runda: Hashyizwe imbaraga mu gukumira amazi ashobora kwangiriza abaturage
Abatuye muri Site z’imiturire za Rubona, Musebeya, Kabasanza, Rugogwe na Kagina ho mu Murenge wa Runda barishimira ko imihanda irimo gutunganywa yatangiye gukorwaho inzira z’amazi(Rigori). Bavuga ko bari bafite impungenge z’amazi y’imvura yashoboraga kwangiza...
Read More
Muhanga: Guverineri Kayitesi yasabye abanyamuhanga kwita ku isuku nk’abari mu Mujyi ugaragiye Kigali
Muri Gahunda y’igitondo cy’isuku yo ku wa 15 Ugushyingo 2022, Guverineri w’intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice yasabye abatuye umujyi wa Muhanga kurangwa n’ isuku bakanibuka ko bagaragiye umurwa mukuru w’u Rwanda- Kigali. Yanabibukije ko imipaka...
Read More
Kigali: Hitezwe impinduka ku bibazo bibangamiye abafite aho bahuriye n’igihingwa cya Kawa
Umuyobozi w’Urugaga rw’abohereza Kawa mu mahanga, Gatali Gilbert aravuga ko isoko ryayo ritifashe neza kubera ibihe Isi irimo by’izamuka ry’ibiciro ku isoko mpuzamahanga. Avuga ko igiciro cya Kawa cyamaze kumanuka, ariko ko inama Nyafurika...
Read More
Kamonyi: Minisitiri Mukeshimana yasabye abahinzi ba Koperative COAMILEKA kuba intangarugero
Minisitiri w’Ubuhinzi n’ubworozi, Mukeshimana Gerardine yifatanyije n’abahinzi bakorera ubuhinzi muri Koperative ya COAMILEKA. Ba bagaye ibigori banashyiramo ifumbire bahawe na Leta ku buntu. Yabasabye gukomeza kuba intangarugero mu buhinzi n’ubworozi, bagakomeza gukora ubuhinzi buhindura...
Read More
Muhanga: Minisitiri Mukeshimana arasaba abakora ubuhinzi kwishyira hamwe bakunganirwa
Minisitiri w’Ubuhinzi n’ubworozi, Gerardine Mukeshimana arasaba abakora ubuhinzi kwishyira hamwe bagakora ubuhinzi bw’umwuga maze Leta ikabunganira ku mafumbire ndetse n’ibindi bitandukanye bakenera kugirango ubuhinzi bwabo bubashe kubateza imbere. Ibi, yabigarutseho kuri uyu wa 28...
Read More
Kamonyi-Nyamiyaga: Umuturage ari mu gihirahiro nyuma yo kwangirizwa ibye atabajijwe
Ubutaka n’imyaka iburiho by’Umuturage witwa Rudasingwa Leonidas utuye mu Mudugudu wa Kiranzi, Akagari ka Kidahwe, Umurenge wa Nyamiyaga , Akarere ka Kamonyi byangijwe n’ababyigabije, banyuzamo itiyo y’amazi, bacukura aho bashyira ikigega cy’amazi ntacyo abizi...
Read More
Muhanga: Ubutaka busharira, ibura ry’ifumbire y’imborera bishobora gutuma umusaruro ugabanuka
Bamwe mu bahinzi bibumbiye muri Koperative y’Iterambere ry’abahinzi borozi ba Ndiza (COAIBINDI) barasaba ubuyobozi bw’akarere ka Muhanga kubafasha kubona ishwagara yo kugabanya ubusharire bw’ubutaka bahingaho. Barasaba kandi kubona aho bakura ifumbire y’imborera kuko ibi...
Read More
Nyanza-Gikundiro ku Ivuko: Perezida wa Rayon Sports, arasaba abakunzi n’abafana kwitabira gahunda za Leta
Perezida w’Umuryango wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidele arashishikariza abakunzi n’abafana b’ibikorwa by’Uyu muryango kwitabira gahunda za Leta kuko aribyo bituma bakomeza kuba abanyarwanda beza bafasha igihugu cyabo kugera ku iterambere. Ibi, Uwayezu yabigarutseho...
Read More