Ubwo Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Juvenal Marizamunda yari imbere y’inteko ishinga amategeko y’u Rwanda agaragaza umushinga w’itegeko rishya rizagenga Ingabo z’Igihugu, umwe mu badepite yanenze ivangura rigaragara mu ngabo z’Igihugu aho igihe cyo gukora...
Read More
Urukundo rw’ibanga rwatumye yiyambura ikamba ry’ubwiza-Miss Japan ashyira
Umukobwa wavukiye muri Ukraine uheruka gutsinda irushanwa ry’Ubwiza-Miss Japan yeguye kuri uwo mwanya areka ikamba rye nyuma y’inkuru yatangajwe ivuga ko afitanye urukundo rw’ibanga n’umugabo wubatse. Yitwa Karolina Shiino, w’imyaka 26, yagizwe Miss Japan...
Read More
Kamonyi: Siporo iraduhuza ikatugira umwe, ikatwubakamo ishyaka ryo gukunda Iguhugu-Butare Leonard
Itsinda ry’abagabo bihurije mu cyo bise Ruyenzi Sporting Club, bakinnye umukino wa nyuma( Final), aho amakipe 2, A-B yahuriye ku gikombe bishyiriyeho, gitwarwa na Ekipe A itsinze ibitego 3-1. Kwishyira hamwe, gukorera hamwe, ishyaka...
Read More
Kamonyi: Yateruye umukobwa w’imyaka 17 amugira umugore, RIB ibagwa gitumo bagiye kwirega mu muryango
Sibomana Albert w’imyaka 20 y’amavuko, yaherekejwe n’umuryango we kujya kwirega iwabo w’umwana w’umukobwa yateruye( bya kinyarwanda), amugira umugore atagejeje imyaka y’ubukure, bakiri mu birori cyangwa imisango yo kwirega RIB ibata muri yombi. Uyu musore,...
Read More
Muhanga: Amakimbirane yatumye umugabo ata urugo n’akazi k’ubuganga ajya guhingira rubanda muri Uganda
Mu buhamya bwe, Umugabo witwa Hagenimana Aimable avuga ko amakimbirane y’igihe kirekire yagiranaga n’umugore we yatumye ava mu rugo ajya mu gihugu cya Uganda, ubuzima buramukomerera agera n’aho atangira guhingira amafaranga bubyizi kandi yari...
Read More
Muhanga-Umuganura: Meya Kayitare aributsa Ababyeyi kwigisha abato ibigize umuco Nyarwanda
Mu kwizihiza umunsi ngarukamwaka w’Umuganura uba ku wa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Kanama, Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Madamu Kayitare Jacqueline ubwo yizihirizaga uyu munsi ari mu Murenge wa Nyamabuye, Akagari ka Gifumba, Umudugudu...
Read More
Kamonyi-“NIBEZA”: Abagabo baranengwa kutagira uruhare mu kwita ku bana babo bafite ubumuga
Mu muhango w’imurikabushobozi ry’ibikorwa by’amaboko byakozwe n’abana bafite ubumuga butandukanye babarizwa mu muryango “Nibeza”, byagaragaye ko ababyeyi b’aba“Mama” aribo usanga bahangayikishwa cyane n’ubuzima bw’aba bana, aribo babaherekeza cyane mu rugendo rwabo rw’ubuzima babamo umunsi...
Read More
Ruhango: Abanyamakuru bakorera mu Ntara y’Amajyepfo bagabiye umuturage banaremera ufite igishoro gito
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 18 Nyakanga 2023, mu kagari ka Rwoga, Umurenge wa Ruhango, Akarere ka Ruhango Abanyamakuru bakorera mu Ntara y’Amajyepfo baremeye uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bamugabira Inka. Baremeye kandi umubyeyi...
Read More
Nyaruguru: Uruganda Nshili-Kivu rwaremeye Umukecuru Mukankusi warokotse Jenoside
Uruganda rw’Icyayi Nshili-Kivu rubarizwa mu karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Nyabimata, rwasuye umukecuru Mukankusi w’imyaka 70 warokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Mu byo uru ruganda rwamukoreye, rwamuhaye ibyo kurya bitandukanye, rumugenera n’akabando ko...
Read More
Muhanga: Abagera ku bihumbi 4 bagereranya Al Maktoum Foundation nka Malayika waziye abakene n’Impfubyi
Abanyeshuri biga mu ishuri rya Siyansi ry’abakobwa(ESFIH) ryanshinzwe n’umuryango Muhammed Bun Rashid Al Maktoum Hummanitarian & Charity Est, baravuga ko ibikorwa by’uyu muryango birimo n’iri shuri ryigamo abakobwa basaga 320 barimo 180 bishyurirwa n’uyu...
Read More