Umuyobozi w’Umuryango Delight Rwanda utegamiye kuri Leta, bwana Olivier Ngizwenimana asaba buri wese kurwana nk’uwirwanirira hagamijwe guca burundu icuruzwa ry’abantu. Ahamya ko buri wese iki kibazo akigize icye icuruzwa ry’Abantu( Human Trafficking) ryacika burundu....
Read More
Kamonyi-Mugina: Umugabo w’imyaka 40 yasanzwe mu myumbati yishwe asa n’uwakaswe ijosi
Muri iki gitondo tariki 26 Nyakanga 2024, ahagana ku i saa kumi n’ebyiri hamenyekanye amakuru y’uko mu Mudugudu wa Cyeru, Akagari ka Kabugondo, Umurenge wa Mugina ho mu Karere ka Kamonyi, umugabo witwa Byabarusara...
Read More
Kamonyi-Runda: Ibara mubasaba Serivise zo kuboneza urubyaro, baratabaza
Abagana Poste de Santé ya Gihara, ahatangirwa Serivise zo kuboneza urubyaro zakabaye zitangirwa mu kigo nderabuzima cya Gihara ariko kuko ari icy’Abihaye Imana Gatolika( Ababikira) bakaba batabyemera, baratabaza ku bw’ibyo bavuga bahurira yo nabyo,...
Read More
Kamonyi-Nyamiyaga: Igiti babujijwe gutema cyishe umwe mubagitemaga
Mu rukerera rwo kuri iki cyumweru tariki 14 Nyakanga 2024, uwitwa Niyotwagira Jacques w’imyaka 38 y’amavuko bahimba “Gaca” utuye mu Mudugudu wa Nkoto, Akagari ka Kabashumba, Umurenge wa Nyamiyaga yahawe ikiraka cyo kujya gutema...
Read More
Kamonyi-Nyamiyaga: Kuririmba FPR-INKOTANYI byamuviriyemo kurumwa izuru rivaho
Umuturage witwa Uwihoreye Jean Marie bakunda kwita Papa Boyi, atuye mu Mudugudu wa Bumbogo, Akagari ka Kabashumba, Umurenge wa Nyamiyaga, Akarere ka Kamonyi. Arwariye mu bitaro bya Remera Rukoma nyuma yo kurumwa izuru rigacika....
Read More
Kamonyi-Gacurabwenge: Kubera Kagame, kubera FPR-INKOTANYI ubuzima bwa Nyirangirimana Claudine bwarahindutse
Iyaba hariho kongera gutora Paul Kagame, nakongera nkamutora, nkongera nkamutora, nkamutora nkageza inshuro ijana ku ijana(100%). Uwo ni Nyirangirimana Claudine, atuye mu Mudugudu wa Ryabitana, Akagari ka Gihinga, Umurenge wa Gacurabwenge, Akarere ka Kamonyi....
Read More
Ububiligi: Nkunduwimye (Bomboko) ahamijwe ibyaha bya Jenoside ahita atabwa muri yombi
Hari hashize iminsi itatu urukiko ruri mu mwiherero, aho rwasuzumaga uko urubanza rw’Umunyarwanda Nkunduwimye Emmanuel bakunda kwita Bomboko rwagenze, haba ku bamushinje, Abamushinjuye, kwiregura kwe ku byaha bya Jenoside. Nk’ibisanzwe, yaje mu rukiko agaragara...
Read More
Kamonyi-Kwibuka30: Hari benshi bakiriye, bagiriye neza ariko igihembo bahawe ni ukwicwa-Rutsinga Jacques
Ubwo Ubuyobozi n’Abakozi b’Akarere ka Kamonyi bibukaga ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, by’umwihariko abahoze bakorera Leta mu byahoze ari amakomini ya; Runda, Taba, Musambira, Kayenzi, Rutobwe na Mugina zahujwe zikabyara...
Read More
Kamonyi-Rukoma/APPEC: Twagize Amateka aho Umunyarwanda areba undi mu maso ashaka kugira ngo amwice cyangwa amukize-Gitifu Mandera
“Ntabwo rero bishobora kongera”. Ni imvugo y’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rukoma, Mandera Innocent yabwiye; Abanyeshuri, Abarezi ba College APPEC TVET School Remera Rukoma hamwe n’abaje kubafata mu mugongo mu Kwibuka ku nshuro ya 30...
Read More
Kamonyi-Rukoma/ College APPEC: Abarezi, Ubuyobozi n’Abanyeshuri baremeye intwaza
Ubuyobozi bw’ishuri rya College APPEC, Abarezi n’Abanyeshuri b’iki kigo, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 29 Gicurasi 2024 bakoze igikorwa ngarukamwaka cy’Ubudaheranwa biyemeje cyo kuba hafi Intwaza Mukakimenyi Rose. Bamuganirije bamuha n’ubutumwa bumuhumuriza, bamwereka...
Read More