Bamwe mu bahinzi bibumbiye muri Koperative y’Iterambere ry’abahinzi borozi ba Ndiza (COAIBINDI) barasaba ubuyobozi bw’akarere ka Muhanga kubafasha kubona ishwagara yo kugabanya ubusharire bw’ubutaka bahingaho. Barasaba kandi kubona aho bakura ifumbire y’imborera kuko ibi...
Read More
Nyanza-Gikundiro ku Ivuko: Perezida wa Rayon Sports, arasaba abakunzi n’abafana kwitabira gahunda za Leta
Perezida w’Umuryango wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidele arashishikariza abakunzi n’abafana b’ibikorwa by’Uyu muryango kwitabira gahunda za Leta kuko aribyo bituma bakomeza kuba abanyarwanda beza bafasha igihugu cyabo kugera ku iterambere. Ibi, Uwayezu yabigarutseho...
Read More
Kamonyi: Ibyakabaye ifumbire y’imborera yunganira imvaruganda bigirwa umwanda-Guverineri Kayitesi
Mu gishanga cya Ruboroga gihuriweho n’Imirenge itatu ariyo; Mugina, Rugalika na Nyamiyaga kuri uyu wa 20 Nzeri 2022 hatangirijwe igihembwe cya mbere cy’ihinga cya 2022-2023. Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice yabwiye abahinzi ko ifumbire...
Read More
Kamonyi-Rugalika: Ibisheke by’umuturage byatwitswe byamuhombeje asaga Miliyoni 3
Mu masaha y’I saa tanu zirengaho iminota ibarirwa mu icumi nibwo mu Kagari ka Kigese, Umurenge wa Rugalika, akarere ka Kamonyi hatwitswe umurima w’ibisheke ungana na Hegitari 2. Nyirabayazana w’iri twika ntabwo yabashije kumenyekana....
Read More
Muhanga: Bamwe mu bagana ibiro by’ubutaka baranenga serivisi barimo guhabwa
Bamwe mu baturage bagana ibiro bishinzwe ibikorwaremezo, imiturire n’imikoreshereze y’ubutaka (One Stop Center) mu Karere ka Muhanga, baravuga ko bibasaba gutegereza igihe kirekire kugirango bahabwe serivisi zijyanye n’ibyangombwa. Bavuga ko imvano ya byose ari...
Read More
Kamonyi-Nyamiyaga: Meya Nahayo ati“ Kuba Umurenge w’icyaro wigurira imodoka ni ikimenyetso cy’ibishoboka”
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyamiyaga, Abaturage bawo n’Abafatanyabikorwa, kuri uyu wa 05 Kanama 2022 ubwo bizihizaga umunsi mukuru w’Umuganura, batashye ku mugaragaro imodoka biguriye izajya ifasha mu“ Isuku n’Umutekano”. Ni umurenge w’icyaro uguze imodoka nyuma...
Read More
Muhanga: Imyubakire idafata amazi, akaga kubahinga mu bishanga bikikije umujyi wa Muhanga
Abahinzi bakorera muri Koperative zikorera mu bishanga bikikije umujyi wa Muhanga, baravuga ko hatagize igikorwa ibi bishanga bitazaba bigihingwamo mu myaka iri imbere bitewe nuko birimo kwangirika ku muvuduko ukomeye. Intandaro bavuga ko ari...
Read More
Kamonyi-Runda: Imvubu zakutse Nyabarongo zijya konera umuturage Nteziryayo Xavier, aratabaza
Mu masaha y’ijoro ryo kuri uyu wa 08 Gicurasi 2022 imvubu zakutse uruzi rwa Nyabarongo ku ruhande rw’Umurenge wa Runda, Akagari ka Ruyenzi, Umudugudu wa Rubumba zijya mu murima uhinzemo ibijumba, ibigori na Soya...
Read More
Muhanga: Abakozi bake mu bidindiza itangwa rya serivisi zo mu butaka
Hashize igihe abagana ibiro bitanga serivisi zitandukanye z’ubutaka mu karere ka Muhanga bavuga ko basabamo serivisi zigatinda ndetse bamwe bakavuga ko zaba zitinzwa kubera abazikoramo baba bagamije kwaka ruswa. Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye tariki...
Read More
HUYE/Karama: Babangamiwe no kutabona ishwagara ihagije ibafasha gukura ubusharire mubutaka
Abaturage bo mu Murenge wa Karama, Akarere ka Huye, bavuga ko babangamiwe no kutabona ku buryo buhagije ishwagara ibafasha gukura ubusharire mubutaka bahingamo. Ibi bavuga ko bibagiraho ingaruka zo kuteza imyaka ihagije ngo basagurire...
Read More