Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline yikoze mu mufuka yishyurira Murekasenge Denise amafaranga ibihumbi 100 kugirango harangizwe ideni yarabereyemo uwamucumbikiye ntabashe kumwishyura ubukode bw’inzu. Ibi byakozwe nyuma yuko Murekasenge utuye mu murenge wa Shyogwe...
Read More
Muhanga: Ubutaka busharira, ibura ry’ifumbire y’imborera bishobora gutuma umusaruro ugabanuka
Bamwe mu bahinzi bibumbiye muri Koperative y’Iterambere ry’abahinzi borozi ba Ndiza (COAIBINDI) barasaba ubuyobozi bw’akarere ka Muhanga kubafasha kubona ishwagara yo kugabanya ubusharire bw’ubutaka bahingaho. Barasaba kandi kubona aho bakura ifumbire y’imborera kuko ibi...
Read More