Mu karere ka Muhanga hatangijwe umushinga ugiye gukorana n’amarerero 10 n’ibigo 14 by’amashuri abanza. Ni umushinga uzibanda ku bana bafite ubumuga n’abatabufite bari hagati y’imyaka kuva kuri 0-12, mu kuzamura imikurire iboneye no gushyira...
Read More
Muhanga: Abarimu baravuga ko “Ejo heza” yashinze umuheha mu mafaranga yabo ku gahato
Nyuma y’aho Inama y’Abaminisitiri yemeje iyongezwa ry’umushahara w’Abarimu, barashimira Leta yongeye kugera ku byifuzo bya mwarimu wagiye agaragaza ko ahembwa umushara w’Intica ntikize. Nubwo bashima Leta yabibutse ikabongeza umushahara, baravuga ko ubuyobozi bw’Akarere ka...
Read More
Muhanga: REB iributsa Abarimu n’Ababyeyi kugira uruhare mu kuzamura ireme ry’Uburezi
Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB), Dr Mbarushimana Nelson aributsa Abarimu n’Ababyeyi kugira uruhare rufatika kugirango ireme ry’uburezi rigerweho bose babigizemo uruhare. Yabigarutseho ubwo Minisiteri y’Uburezi binyuze mu bigo biyishamikiyeho birimo; REB...
Read More
Kamonyi: Amashuri ni kimwe mu bishobora gukiza ubuzererezi umuryango Nyarwanda-Guverineri Kayitesi
“Ishuri ni ku wa mbere, si ku wa Kabiri cyangwa ku wa Gatatu”. Imvugo ya Guverineri Kayitesi Alice, Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo, akangurira ababyeyi, Abarezi ndetse n’Abana kwibuka ko itangira ry’ishuri ari ku wa mbere...
Read More
Kamonyi: Ishuri ry’Umupira w’Amaguru rigiye guhindura byinshi, Pepiniere FC n’abandi babyungukiremo
Kamonyi Football Academy( Ishuri ryigisha Umupira w’Amaguru rya Kamonyi) ryamaze gusinyana amasezerano n’Umutoza mukuru Muhire Hassan uzafasha mu kuzamura impano z’abakiri bato. Bizafasha abafite impano kuzamuka neza, bifashe ikipe ya Pepiniere kugira abakinnyi bashoboye...
Read More
Amajyepfo: Ibyumba by’Amashuri byubatswe byagabanyije ubucucike n’ingendo ariko hari abagikora ingendo ndende
Bamwe mu babyeyi n’abanyeshuri barashimira Leta yabegereje amashuri biciye mu iyubakwa ry’Ibyumba bishya ndetse bikaba byaragabanyije ingendo abana babo bakoraga, ariko bakagaragaza ko hari bamwe bagikora ingendo ndende bajya gushaka amashami yo kwigamo. Uwineza...
Read More
Amajyepfo: Guverineri Kayitesi yasabye urubyiruko kwitwararika no kwanga ibyaha rushorwamo
Mu gusoza amarushanwa y’imikino itandukanye yateguwe n’Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo mu bigo by’Amashuri yisumbuye, Guverineri Kayitesi Alice yashimangiye ko mu bigo by’amashuri harimo impano nyinshi zikwiye kwitabwaho kugirango zizatange umusaruro. Yasabye urubyiruko kugendera ku Ndangagaciro...
Read More
Kamonyi: Musenyeri Musengamana yasabye abiga muri ESB kwirinda Umwarimu wa 2 n’Ubunebwe
Umushumba wa Diyosezi ya Byumba, Nyiricyubahiro Musenyeri Musengamana Papias, yasabye abiga mu ishuri ryisumbuye ryitiriwe Mutagatifu Berenadeta riherereye mu karere ka Kamonyi, Umurenge wa Gacurabwenge ko bakwiye kwirinda umwarimu wa kabiri ukorera ku mbuga...
Read More
Kamonyi: College APPEC yibutse Abanyeshuri, Abarezi n’abayishinze bishwe muri Jenoside
Ubuyobozi bw’ishuri rya College APPEC Remera-Rukoma riherereye mu karere ka Kamonyi, Umurenge wa Rukoma, kuri uyu wa 17 Kamena 2022 bibutse abari abanyeshuri, abarezi n’ababyeyi bishyize hamwe bagashinga iri shuri bishwe muri Jenoside yakorewe...
Read More
Muhanga: Ababyeyi basabwe kurinda abana ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge n’imirimo ivunanye
Mu birori byo kwizihiza umunsi ngarukamwaka wahariwe umwana w’Umunyafurika, ababyeyi basabwe kurinda abana babo ibibazo bituma bava mu mashuri bakajya mu buzererezi, aho usanga ibyo bibaviramo kwishora mu biyobyabwenge. Hasabwe kandi ko abana barindwa...
Read More