Mu gusoza amarushanwa y’imikino itandukanye yateguwe n’Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo mu bigo by’Amashuri yisumbuye, Guverineri Kayitesi Alice yashimangiye ko mu bigo by’amashuri harimo impano nyinshi zikwiye kwitabwaho kugirango zizatange umusaruro. Yasabye urubyiruko kugendera ku Ndangagaciro...
Read More
Muhanga-Kwibuka28: Abakozi ba Leta basabwe kwirinda amacakubiri bagatanga Serivise nziza
Mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi ku bari abakozi ba Leta bishwe muri Jenoside, abakozi bitabiriye “Kwibuka” basabwe gutanga serivisi nziza, kwirinda amacakubiri n’ingebitekerezo mbi ikomoka ku moko yatumye...
Read More
Kamonyi-Rukoma: Umwe mu Ntwaza waremewe mu cyiswe“Marrainage” ati “ Iyi Leta irimo kumwaza abakoze Jenoside”
Intwaza 11 zo mu Murenge wa Rukoma kuri uyu wa 24 Kamena 2022, baremewe muri gahunda yiswe “Marrainage”, yazanywe n’Urugaga rw’Abagore rushamikiye ku muryango RPF-Inkotanyi. Byari mu marira y’ibyishimo kuri izi Ntwaza, aho bavuga...
Read More