Aho ibihe bigeze, imibereho y’ubuzima yarahindutse bitewe n’izamuka ry’ibiciro ku bintu nkenerwa bitari bike haba mu Rwanda no ku isi. Bamwe mu baforomo n’ababyaza mu Rwanda, bahereye kuri izo mpinduka z’ubuzima buhenze, basaba ko...
Read More
Muhanga: Umusaza w’imyaka 63 warariraga ishuri rya Biti yasanzwe yapfuye
Bizimana Sylvere w’Imyaka 63 wari usanzwe ari umuzamu w’ishuri ribanza rya Biti riherereye mu murenge wa Nyamabuye, Akagali ka Remera, Umudugudu wa Biti yasanzwe yapfuye imbere y’Igipangu cyo kwa Nyandwi Evaride kiri hafi y’iri...
Read More
Muhanga: Imwe mu miryango yavugutiwe umuti ku bana bataga ishuri
Imiryango isaga ibihumbi bitanu yo mu mirenge itanu y’Akarere ka Muhanga itishoboye, imaze gubabwa ubufasha burimo amatungo magufi, ibiryamirwa n’ibiribwa mu rwego rwo gufasha abana kwitabira ishuri no gufasha iyi miryango kubonera abana iby’ibanze...
Read More
Muhanga-Kiyumba: Nyuma y’Umuganda, Impeshakurama zagabiye urugo mbonezamikurire
Mu gikorwa cy’Umuganda usoza ukwezi kwa Werurwe 2023 mu Murenge wa Kiyumba, Akarere ka Muhanga, Intore z’Itorero ry’Impeshakurama mu karere ka Muhanga, bahamirije abaturage n’abayobozi ko biyemeje gufatanyiriza hamwe n’inzego za Leta n’abafatanyabikorwa mu...
Read More
Kamonyi: Abarangije muri ESB bagarutse ku isoko bahanura barumuna babo
Abize mu ishuri ryisumbuye ryitiriwe Mutagatifu Berenadeta( Ecole Ste Bernadette-ESB) riherereye mu Murenge wa Gacurabwenge, Akarere ka Kamonyi, kuri uyu wa 26 Gashyantare 2023, bagarutse aho bavomye ubumenyi, bataramana na barumuna babo, barasangira, barakina,...
Read More
Muhanga: Ibiryo byibwe n’abatetsi biviramo abanyeshuri koherezwa mu miryango yabo
Bamwe mu babyeyi batuye iruhande rw’ikigo cy’Ishuri ribanza rya Bilingaga, mu Murenge wa Cyeza baravuga ko umuyobozi w’iri shuri yacikishije umutetsi wagaragaweho ubujura bw’ ibyo kurya yagombaga gutekera abanyeshuri. Byafatiwe mu isoko ryo mu...
Read More
USA: Umwana w’imyaka 6 yajyanye imbunda ya Nyina ku ishuri arasa mwarimu we
Umunyeshuri w’imyaka itandatu yakoresheje imbunda ya nyina mu kurasa mwalimu we muri Amerika, nk’uko Polisi ibivuga. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa mbere, Polisi muri Leta ya Virginia yavuze ko uyu mwana yazanye iyo...
Read More
Perezida Kagame Paul yagize icyo avuga ku mpanuka yakomerekeyemo abana bajyaga ku ishuri
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 09 Mutarama 2023, imodoka ya Coaster( Kwasiteri) yari itwaye abanyeshuri biga kuri Path to Success mu karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali yakoreye impanuka muri aka Karere...
Read More
Kamonyi: Umuryango “NIBEZA” watangiye urugendo rwo kwita ku bana bafite ubumuga
Mukanoheri Madeleine, umuyobozi w’Umuryango “NIBEZA”, avuga ko impamvu nyamukuru yo kubaho k’uyu muryango no gutangira uru rugendo rwo kwita ku bana bafite ubumuga bishingiye ku kuba akenshi batitabwaho bikwiye, haba mu miryango bavukamo no...
Read More
Kamonyi-Rugalika: Abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi mu kuremera Intwaza bati“ u Rwanda ntirwazimye”
Igikorwa cyo kuremera Intwaza, cyateguwe ndetse gishyirwamo imbaraga n’Abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi bari mu mwuga w’Uburezi bafatanije n’abandi bari mu buyobozi bw’Umuryango. Intwaza 6 nibo basuwe, bararemerwa mu buryo bw’ibifatika birimo; Ibiribwa, ibikoresho by’isuku n’isukura,...
Read More