Igitaramo cyiswe “Ikirenga mu Bahanzi” kizaba kuwa 08 Werurwe 2020 muri Camp Kigali. Abategura iki gitaramo bamaze gutangaza ibiciro by’aya Matike kandi byashyizwe ku biciro aho buri wese abasha kwisanga. Amatike arashyirwa ku isoko...
Read More
Igitaramo Ikirenga mu Bahanzi 2020: Ishimwe ku muhanzi wamamaje umuco nyarwanda
Igitaramo “Ikirenga mu Bahanzi” ni igitaramo gishingiye ku guteza imbere umuco biciye mu bahanzi, aho hazashimirwa umuhanzi wamamaje umuco w’u Rwanda mu gihugu no mu mahanga, kizajya kiba buri mwaka kandi gihuze abahanzi binjyana...
Read More
Kamonyi: Umunsi wa Siporo rusange no kuyitangiza mu mashuri byari ibicika(amafoto)
Kuri iki cyumweru tariki 02 Gashyantare 2020 mu mbuga y’Akarere ka Kamonyi hakorewe Siporo rusange, yitabirwa n’imbaga y’abaturage n’abanyeshuri baturutse mu mirenge ya Gacurabwenge, Runda, Rugalika Musambira n’ahandi. Wanabaye umunsi wo gutangiza iyi Siporo...
Read More
Bebe Life umuhanzi w’i Burundi agiye gusohora amashusho y’indimbo ivuga ku buzima bwe
Bebe Life ni umuhanzi wo mu Gihugu cy’u Burundi. Yavuze ko atewe ishema no gukorera amashusho y’indirimbo yitiriye izina rye ry’ubuhanzi “Bebe Life” mu Rwanda, mu gihe amajwi y’indirimbo yayikoreye iwabo. Avuga ko iyi...
Read More
ITANGAZO RYO GUSABA GUHINDURA AMAZINA KWA BAHATI Prince
Bahati Prince mwene Nkundakozera Michel na Kazege, yandikiye Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu asaba guhindurirwa amazina, mu irangamimerere ye aho kwitwa gusa Bahati Prince akitwa Bahati Nkundakozera Prince. intyoza.com...
Read More
Kamonyi: Urwego rw’umuvunyi rwibukije ko Ruswa ari icyaha kidasaza kandi kigira ingaruka mbi
Umurungi Emeline, umukozi w’urwego rw’umuvunyi wifatanije n’Abanyakamonyi gusoza ukwezi kwahariwe kurwanya Ruswa n’akarengane kuri uyu wa 01 Ukuboza 2019, yibukije abari bateraniye ku Mugina ahanabereye umukino w’umupira w’amaguru, ko Ruswa ari mbi, ko ibyaha...
Read More
College Sainte Marie Reine batangije igikorwa cyo gufasha abanyeshuri batishoboye
Abanyeshuri n’ubuyobozi bwa College Sainte Marie Reine I Kabgayi kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2019 bakoreye igitaramo mu mujyi wa Kigari ahazwi nko kuri Maison de Jeunnes Kimisagara(inzu cg ikigo cy’urubyiruko). Ni muri gahunda...
Read More
Itorero rya ESB Kamonyi ribyina imbyino gakondo ryegukanye igikombe ku rwego rw’Igihugu
Amarushanwa ku muco yaberaga mu Karere ka huye, Intara y’Amajyepfo kuri uyu wa 28-29 Ukwakira 2019, mu matorero abyina imbyino Gakondo igikombe ku rwego rw’Igihugu cyehukanywe n’abanyeshuri bo mu kigo cy’ishuri cyitiriwe Mutagatifu Bernadette-ESB...
Read More
Kamonyi: Guverineri CG Gasana yasabye ko Siporo rusange ( Car Free Day) ihabwa agaciro
Umuyobozi w’intara y’Amajyepfo CG Emmanuel K. Gasana kuri iki cyumweru Tariki 18 Kanama 2019 yifatanije n’Abanyakamonyi by’umwihariko Abanyerunda, Rugalika na Gacurabwenge muri Siporo rusange( Car Free day). Yasabye ko iba gahunda ya buri wese...
Read More
Rusizi: Itorero Inyamibwa ryishimiye impano ryagejejweho na Polisi y’Igihugu
Ni kuri uyu wa 10 Nyakanga 2019 ku biro by’Umurenge wa Bweyeye ubwo umuyobozi wa Polisi mu ntara y’Iburengerazuba Commissioner of Police (CP) Rogers Rutikanga yashyikirije imyenda 60 itorero Inyamibwa rihakorera umurimo wo kubyina risusurutsa abashyitsi...
Read More