• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
08/12/25
Kamonyi: Uburenganzira bw’Ufite Ubumuga ntabwo bureba Ubuyobozi gusa-Visi meya Uwiringira M Josee
08/12/25
Igishoro cy’Ibihumbi 450 cyahesheje Umunyamahirwe wa FORTEBET gutsindira hafi Miliyoni 2,5 y’u Rwanda
08/12/25
Kamonyi-Rugalika: Abadepite basabye Akarere kugira nibura Site imwe y’Imiturire y’icyitegererezo
08/12/25
Ab’Imyumvire iganisha ku kugumura Abaturage bahawe“GASOPO”, babwirwa itegeko n’Ibihano

Tajikistan: Rakhmon yatsinze amatora y’umukuru w’Igihugu n’amajwi arenga 90% 

Umwanditsi
October 13, 2020

Kuri uyu wa mbere tariki 12 Ukwakira 2020, umuyobozi wa Tajigistan, Emomali Rakhmon, yatsinze amatora y’umukuru w’Igihugu n’amajwi arenga 90 ku ijana, aho yarahanganye n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi gusa.

Komisiyo ishinzwe amatora yavuze ko 90.9 ku ijana by’abatoye mu matora yo ku cyumweru igaragaza ko Emomali Rakhmon ariwe ugiye kuyobora manda nshya y’imyaka irindwi. Komisiyo ishinzwe amatora ivuga ko abitabiriye amatora barenga 85 ku ijana. Iyi ntsinzi yemerera Rakhmon kuyobora manda ya gatatu.

Mu gihe amajwi atavugwaho rumwe mu bihugu bituranye na Kirigizisitani ndetse na Beralus yahoze ari Repubulika y’Abasoviyeti yateje imvururu zikomeye, ibintu nk’ibi bigaragara ko bidashoboka muri Tajikistan.

Rakhmon na guverinoma ye bahura n’ibibazo bitigeze bibaho nyuma y’uko ubukungu bwifashe nabi mu bihugu byose byasimbuye Abasoviyeti bifatanije n’abandi mu kwibasirwa n’icyorezo cya coronavirus.

Bavuga ko Abanyatijani barenga miliyoni bakorera mu mahanga, cyane cyane mu Burusiya.
Alex Kochkarov, impuguke mu bushakashatsi mu gihugu muri IHS Markit i Londres yavuze ko amafaranga yoherejwe mu gihugu yagabanutseho “ku gipimo cya 15-25% ku mwaka nk’uko raporo zitandukanye zibitangaza”.
Source: www.gulftoday.ae

Inkuru yanditswe na Venuste Habineza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5928 Posts

Politiki

4177 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1040 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

157 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga