• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/07/25
Kamonyi-Ngamba: Abakekwaho kwica umugabo w’imyaka 45 bamaze gutabwa muri yombi
15/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
15/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
15/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri

Umukinnyi Lionel Messi imbere y’ubutabera bwa Espagne

Umwanditsi
June 1, 2016

Urukiko rukuru muri Espagne rwatangiye kumva urubanza rwa Lionel Messi uregwa kunyereza akayabo k’amadorali.

Umukinnyi Lionel Messi, ni umukinnyi w’ikirangirire ukinira ikipe ya Barcelone, ubutegetsi bwa Espagne buramushinja kunyereza imisoro ingana na Miliyoni 4.5 z’amadorali hagati y’umwaka wa 2007 na 2009.

Messi ufite inkomoko muri Argentine akaba n’umukinnyi w’ikipe y’iki gihugu, arareganwa na se umubyara Jorge ari nawe uhagarariye inyungu ze.

Yaba Messi na se umubyara Jorge, barashinjwa bombi kubeshya abakozi b’ikigo gishinzwe iby’imisoro ubwo bari mu igenzura ry’ibirebana n’imisoro.

Aya ma miliyoni y’amadorali Messi na se Jorge bashinjwa, ashingiye ku mafaranga binjiza atagira aho ahuriri n’umushahara (aturuka mu bijyanye no kwamamaza) bivugwa ko atatangiye imisoro muri Leta.

Uruhande rw’ubushinjacyaha muri Espagne, busabira Messi na se Jorge ko uretse gucibwa ihazabu ritubutse banahabwa igihano cyo kufungwa kugira ngo bibere urugero n’abandi batekereza kunyereza imisoro.

Uru rubanza biteganyijwe ko rugomba kumara iminsi itatu, Messi na Se Jorge bahakana bivuye inyuma ibyo bashinjwa.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

 

 

 

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5833 Posts

Politiki

4084 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga