Akarere ka Rwamagana gashyize imbaraga mu kureshya abashoramari kugira ngo bazane imari yabo mu iterambere ry’akarere. Ibyibanze mu kureshya abashoramari ngo babashe kuzana imari zabo cyane inganda mu karere ngo birimo birashyirwamo imbaraga, byaba...
Read More
Ruhango: Abayoboke b’Idini ya Isilamu bakanguriwe kugira uruhare mu kubumbatira umutekano.
Polisi y’u Rwanda mu ntara y’amajyepfo yaganirije aba Isilamu mu karere ka Ruhango ibasaba kugira uruhare mu kubumbatira umutekano. Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Amajyepfo, Assistant Commissioner of Police (ACP) Francis Nkwaya,...
Read More