• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
16/05/25
Kamonyi-Musambira: Imiryango 33 irimo 10 yabanaga mu makimbirane yasezeranijwe ihitira Mukikiziya
16/05/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Bakurikiranyweho gusambanya abana b’abakobwa barimo uwigaga P5 wabyaye
16/05/25
Kamonyi-Ngamba: Inkotanyi zakuye u Rwanda mu mwijima zizana Umucyo-Visi Meya Uzziel Niyongira
16/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge

Thierry Henry, yahawe imirimo yo gutoza ikipe y’Ababiligi

Umwanditsi
August 26, 2016

Umukinnyi wabiciye bigacika mu ikipe y’umupira w’amaguru ya Arsenal mubwongereza akaza no kuyibera umutoza w’ikipe y’abana yagizwe umutoza mu ikipe y’igihugu y’ububiligi.

Thierry Henry w’imyaka 39 y’amavuko akaba umufaransa, yamaze kugirwa umutoza wungirije w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru y’ububiligi aho agiye kungiriza umutoza mukuru Roberto Martenez.

Hernry, ni umukinnyi wamenyekanye cyane ndetse anakundwa na benshi ubwo yari agikina mu ikipe ya Arsenal mubwongereza. Uretse kuba yarakiniye Arsenal Henry yanakiniye ikipe ya Barcelona yo mu gihugu cya Esipanye.

Thierry Henry wagizwe umutoza wungirije w’ikipe y’ububiligi, ni umwe mu bakinnyi bakoze amateka mu ikipe ya Arsenal. Ni umukinnyi utazibagirana mu mitwe y’abakunzi n’abafana b’iyi kipe ndetse no mubuyobozi bwayo.

Henry, nyuma yo kurangiza imirimo yo gukina umupira w’amaguru, yagizwe umutoza w’ikipe y’abana ya Arsenal. nyuma yaje gukurwa kuri iyi mirimo kuko Umutoza w’ikipe nkuru Arsene Wenger yavugaga ko atafatanya kuba umusesenguzi kuri Televiziyo ya Sky Sports no gutoza.

Kurubuga rwe rwa Twitter, Henry yatangaje ko yishimiye kuba yagizwe umutoza wungirije muri iyi kipe y’ububiligi. Yashimiye umutoza mukuru Roberto Martinez ndetse ashimira ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mububiligi ku cyizere bamugiriye.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5798 Posts

Politiki

4049 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga