• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
09/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
09/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
09/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri
09/07/25
Kamonyi-Ngamba: Harakekwa urupfu rw’Umugabo wishwe n’umugore we n’umwana yibyariye

Makuza Bertin, Umucuruzi w’umushoramari wari mubakomeye yatabarutse

Umwanditsi
November 3, 2016

Mu buryo butunguranye, Makuza Bertin wari umucuruzi ndetse akanaba umushoramari ukomeye yatabarutse mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu rishyira kuwa kane tariki ya 3 ugushyingo 2016.

Makuza Bertin, umwe mu bashoramari bakomeye w’Umunyarwanda mu buryo butunguranye yatabarutse. Yaguye mu bitaro byitiriwe umwami Faycal aho yari yagiye kwisuzumisha kuko yahagiye yumva atameze neza ariko kandi atanarembye.

Amakuru agera ku kinyamakuru intyoza.com ahamya ko uyu mushoramari yari amaze iminsi akora imirimoye isanzwe, ubwo yari mu modoka ye ajya mu kazi ngo yumvise atameze neza ahitamo kujya kwisuzumisha mu bitaro byitiriwe umwami Faycal aho ngo abaganga ngo basanze yagize ikibazo cy’imitsi mito yo mu mutwe yari yacitse,ibi ngo ahanini bikaba biterwa n’umunaniro ukabije. Ntabwo yabashije kuva muri ibi bitaro amahro kuko ariho yaguye.

Makuza Bertin, azwi nk’umushoramari w’umucuruzi w’umunyarwanda wari ukomeye, azwi cyane kandi k’uruganda rwe rukora Matora rwa Rwanda foam, azwi kandi nka nyiri umuturirwa wubatse ahahoze Iposita mu mujyi wa Kigari, inzu y’amagorofa ndende yiswe M.Peace Plaza inyubako yuzuye imutwaye Miliyoni 40 z’amadolari ya Amerika.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5832 Posts

Politiki

4083 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga