• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
11/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
11/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
11/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri
11/07/25
Kamonyi-Ngamba: Harakekwa urupfu rw’Umugabo wishwe n’umugore we n’umwana yibyariye

Biryogo: Iduka ryafashwe n’Inkongi y’umuriro riragurumana ibyarimo biragirika

Umwanditsi
January 16, 2017

Iduka ricuruza ibyuma by’Imodoka (Spare Parts) ryafashwe n’inkongi y’umuriro riragurumana ibyarimo birangirika, Polisi ishinzwe kuzimya inkongi z’umuriro ihagoboka nta nzu yindi ifashwe.

Inkongi y’umuriro yafashe iduka ricuruza ibyuma by’imodoka( Spare Parts), yatangiye ahagana mu ma saa moya n’iminota 30 z’umugoroba wo kuri iki cyumweru tariki ya 15 Mutarama 2017. Ibi byabereye ahazwi nka Tarinyota mu kagari ka Gabiro umudugudu wa Biryogo mu murenge wa Nyarugenge.

Polisi y’u Rwanda ishami ryayo rishinzwe kuzimya inkongi yifashishije ibimodoka byayo byabugenewe mu kuzimya inkongi z’imiriro yahagobotse bwangu izimya umuriro utaragira andi mazu byegeranye ufata.

Inzu yashyaga igurumana, ibyari muri iyi nzu byangiritse.

Amakuru y’iyi nkongi y’umuriro yafashe iyi nzu, yemejwe na SP Emmanuel Hitayezu umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu mujyi wa Kigali. Avuga kandi ko mu gushya kw’iyi nzu nta muntu wabikomerekeyemo uretse ibyari muri iyi nzu byangiritse. Polisi itangaza kandi ko hahise hatangira iperereza kugira ngo hamenyekane icyaba cyateye iyi nkongi.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5832 Posts

Politiki

4083 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga