Ibyemezo bigaragarira rubanda ko bikarishye muri Amerika, byatangiye kwamaganwa n’abatari bake aho imyigaragambyo ikomeje mu bice bitandukanye bya Amerika, Perezida Barack Obama yerekanye ko atari mu ruhande rwa Perezida Trump. Ibihumbi by’abanyamerika byahagurukiye kwishyira...
Read More
Ngoma: Polisi yafashe ibiro 165 by’urumogi inafata bane barunywaga
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Ngoma ku itariki 29 Mutarama 2017 yafashe abagabo bane banywaga urumogi, ndetse ifatana umwe muri bo imifuka itandatu irimo urungana n’ibiro 165. Abafashwe barunywa ni Havugabaramye Jonas, Ibyimanikora...
Read More
Ibyemezo byafashwe na Perezida Donald Trump bishobora gushyira Abanyamerika mu byago
Impungenge ni nyinshi ku byemezo bya Perezida Donald Trump, bamwe batangiye kubibona nk’ibishobora gukururira abanyamerika akaga mu gihe abatari bake mu banyamerika babyamagana ndetse na bamwe mu bayobozi mu bindi bihugu aho n’abacamanza ba...
Read More