• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/11/25
Kamonyi-Rugalika: Hasojwe icyumweru cy’Umuryango hasezerana abarimo umaze imyaka 50
15/11/25
Ruhango-Kabagali: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho Ubujura bw’Intsinga z’Amashanyarazi yari atwaye
15/11/25
Itangazo ry’Umushinga RW0379 ADEPR Gatenga rihamagarira Gupiganira isoko
15/11/25
Amajyepfo-Turindane: Kamonyi ku isonga mu mpanuka zirimo izihitana ubuzima bw’Abantu

Yahinduye inzoka iherena birangira yisanze mu ndembe kwa mu ganga

Umwanditsi
February 4, 2017

Umunyamerikakazi w’imyaka 17 y’amavuko, yashyize inzoka ye ku gutwi mu ntoboro y’amaherena ashaka kuyifotozanya imubera aka wa mugani uvuga ngo “umanika agati wicaye wajya ku kamanura ugahagarara.”

Ashley Glawe, umunyamerikakazi w’imyaka 17 y’amavuko yajyanywe kwa muganga igitaraganya nyuma yo gushaka kwifata amafoto (selfies) n’inzoka ye ubwo yayifataga akayinyuza mu gutwi ahari intoboro ngo ibe nk’iherena maze nayo mu kugeramo ikamubera ak’umugani ugira uti:” Umanika agati wicaye wajya ku kamanura ugahagarara”.

Uyu mukobwa utagira icyo atinya wahangaye agafata inzoka ye akayinyuza aho ashyira imirimbo ye y’amaherena ku gutwi, atangaza ko yabikoze ashaka kwifata amafoto (Selfies) ko ibyamubayeho ataribyo yateganyaga, kuko ngo Iyi nyamaswa imaze kugezwa mugutwi yaturijemo nk’iherena maze akananirwa ubuyikuramo.

Yabonye ubushyira iyi nzoka mu gutwi nk’iherena kuyikuramo biba ikibazo.

Ubwo yageragezaga ubwe kuyikuramo, byaramunaniye atangira gutabaza maze abaje ngo bamufashe nabo birabayobera bamujyana kwa muganga bihuse kuko yari asumbirijwe, nibwo yabonye ubufasha maze abaganga babasha kumukuraho iyi nyamaswa yari yaturije mu gutwi nk’iherena.

Ashley, akimara gukizwa iyi nzoka ndetse amaze gutuza kuko yari yagize ubwoba bwinshi yahangayitse, ku itariki ya 2 Gashyantare 2017 yaganirije abaganga ndetse n’itangazamakuru ryo mu gace yarimo ababwira imvo n’imvano y’amahano yari yikoreye ubwo yafataga inzoka akayihindura iherena. Yatangaje ko yikiniraga ndetse ashaka kwifata amafoto (Selfies) hamwe n’iyi nzoka imuri ku gutwi nk’iherena ariko ngo ibyamubayeho sibyo yari yiteguye.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5914 Posts

Politiki

4164 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1032 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

154 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga