• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/10/25
Kamonyi-Rugalika: Gitifu Nkurunziza yagarutse ku gaciro no gukomera k’Umugore, abaha umukoro
18/10/25
Kamonyi-Rugalika/Ruramba: Ihaniro(Igikari cy’Umubyeyi) ryashyize Abagore ku murongo
18/10/25
Ibihumbi 50 byamuhesheje amahirwe yo gutsindira hafi Miliyoni imwe muri FORTEBET
18/10/25
Kamonyi-Rugalika: Umugabo uzwi ku izina rya Lizembe yapfuye Umugore yisanga mu maboko atari aye

Uruhinja rw’amezi 8 rwakijije ubuzima bwa Mama warwo

Umwanditsi
February 24, 2017

Umugore w’umwongereza w’imyaka 26 y’amavuko yamenye ko arwaye Kanseri y’iberi, amahirwe yo kubimenya hakiri kare ayakesha ibimenyetso by’umwana we w’uruhinja yagaragaje ubwo yangaga konka.

Sarah Boyle ku myaka 26 y’amavuko, yabuze amahoro ndetse agera nubwo yajyaga akubita uruhinja rwe mu gihe rwangaga konka ibere ry’iburyo ariko akaba yari ataramenya impamvu ituma rutonka, gusa uru ruhinja rwe nirwo rwamufashije hamenyekana ko arwaye Kanseri y’iberi, aho ndetse bayifatiranye ikiri ishobora kuvurwa.

Ubwo yari yihebye ndetse yumva nta byiringiro kubwo kwanga konka k’umwana we, nyuma yo kumukorera ibizami ndetse bagasanga ibibyimba by’indwara ya Kanseri mu ibere, abaganga bamugaruriye icyizere, baramukomeza, baramukurikirana dore ko basanze Kanseri afite yari ikiri ku rwego rwo kuba yavurwa igakira.

Uyu mubyeyi, avuga ko amahirwe yo kuba yarabashije gukurikiranwa akavurwa ndetse akaba ashobora gukira ayakesha umwana we w’uruhinja kuko mu kwanga konka byatumye ajya kwa muganga akoresha ibizamini bityo Kanseri bayibona igishobora kuba yavurwa agakira.

Urubuga M6 info dukesha iyi nkuru, rutangaza ko Catherine Priestley umuforomo uzobereye mubyo kuvura Canseri y’ibere avuga ko hari benshi azi bafite ikibazo nk’icya Sarah, gusa ngo hari impamvu nyinshi zatuma umwana ahagarika konka mama we, ariko na none ngo icyambere mu bigomba kwihutirwa gukorwa igihe bimeze bityo ni ugushakira ikibazo mu iberi umwana yonka.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5892 Posts

Politiki

4143 Posts

Ubuhinzi

148 Posts

Ubukungu

1021 Posts

Imyidagaduro

84 Posts

Imikino

148 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga