• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/07/25
Kamonyi-Ngamba: Abakekwaho kwica umugabo w’imyaka 45 bamaze gutabwa muri yombi
15/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
15/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
15/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri

Johnny Hallyday umuririmbyi, umwanditsi n’umukinnyi wa Filimi akomerewe na Kanseri

Umwanditsi
March 8, 2017

Johnny Hallyday, uzwi cyane mu ndirimbo z’injyana ya Rock nubwo nyuma yaje no kujya mubyo gukina Filimi, ahangayikishijwe n’uburwayi bwa Kanseri y’ibihaha.

Ku myaka 73 y’amavuko, umuririmbyi, umwanditsi akaba n’umukinnyi wa Filimi Johnny Hallyday ubuzima bwe ntabwo bwifashe neza ku bw’uburwayi bwa Kanseri y’ibihaha. Ibi bije kandi mu gihe yitegura gukina Filimi mu minsi micye iri imbere.

Johnny Hallyday, aho yibera muri Leta zunze ubumwe za Amerika i Los Angeles hamwe n’umuryango we ugizwe n’umugore we Laeticia n’abana be babiri b’abakobwa. Ubuzima bwa Hollyday nyuma y’amakuru y’uburwayi bw’indwara ya Kanseri y’ibihaha ntabwo bumeze neza. Gusa amakuru y’uburwayi bwa Kanseri yayahawe mbere y’iminsi mikuru isoza umwaka wa 2017.

Johnny Hallyday, akomeje kurwana no kureba ko yamererwa neza aho yitabwaho. Johnny Hallyday, yavukiye mu gihugu cy’ubufaransa ku itariki ya 15 Kamena 1943 mu murwa mu kuru w’ubufaransa i Paris, yamenyekanye cyane mu ndirimbo z’injyana ya Rock, yakunzwe n’abatari bacye mu mpande zitandukanye z’Isi mu njyana ze ndetse na nyuma yo kujya mubyo gukina Filimi.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

 

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5833 Posts

Politiki

4084 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga