• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
31/10/25
Muhanga: Itsinda ry’abakekwaho ibikorwa by’Ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
31/10/25
Kamonyi-Musambira/HC: Nyuma y’Amezi asaga 8 basa n’abakorera mu manegeka, mu Buhungiro bagarutse
31/10/25
Umunyamahirwe muri FORTEBET yatahanye asaga Miliyoni ku Ipari ebyiri zisa
31/10/25
Kamonyi-Rugalika: Ubufatanye bw’Ababyeyi n’Ubuyobozi bwa GS Ruramba, urugero rw’ibishoboka

Yishe umwana we kubera ibihumbi 500 by’amadolari ku bwinshingizi bw’ubuzima

Umwanditsi
April 14, 2017

Umwana w’umuhungu wari umaze umwaka umwe gusa avutse, yishwe na se umubyara agamije kubona amadolari y’america ibihumbi magana atanu y’ubwishingizi bwe bw’ubuzima.

Prince McLeod Rams umwana w’umuhungu wa Joaquin Shadow Rams, wari umaze umwaka umwe gusa avutse yishwe na papa we umubyara mu buryo ngo bwo gushaka kumubonamo amafaranga y’amadolari ya America agera kubihumbi magana atanu by’ubwishingizi bwe bw’ubuzima.

Joaquin Shadow Rams, Papa w’umwana ushinjwa kwihekura ntabwo yemeranywa n’umushinjacyaha. ahakana ko ariwe wiyiciye umwana ariko umushinjacyaha we ntanyurwe ahubwo akemeza ko uretse no kwica uyu mwana we ashobora no kuba afite uruhare mu kuba yarishe Mama we umubyara mu mwaka wa 2008 aho nabwo yahawe akayabo k’amadolari ibihumbi 150 by’ubwishingizi bw’ubuzima. Anashinjwa kandi kuba ariwe waba yarishe umukobwa wahoze ari inshutiye mu mwaka wa 2003 nubwo ngo yagerageje kubihishira bikaba nta nibyo yahaniwe cyangwa ngo bimuhame.

Hagendewe ku isuzumwa raykozwe kuri uyu mwana, abaganga hamwe n’abasesengura iby’urupfu rwe usanga hari ibyo badahurizaho, gusa kutabihuza ntabwo byabujije umucamanza kwanzura ko icyaha gihama uyu mugabo ndetse anamukatira gufungwa ubuzima bwe bwose, umushinjacyaha nawe yanyuzwe n’igihano cyatanzwe n’umucamanza kuko yanze kwirirwa asabira uregwa igihano cy’urupfu nacyo cyashobokaga.

Mama w’umwana ubwe ntabwo ashira amakenga se w’umwana, mu gihe uyu mwana yapfaga Papa we yari amuriho. uru rubanza nkuko tubikesha ibitangazamakuru bitandukanye birimo parismatch.com,The Washington Post, Time.com n’ibindi ngo rwabereye i Virijiniya ho muri Leta zunze ubumwe za America.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5901 Posts

Politiki

4152 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1025 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

151 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga