• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
30/06/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
30/06/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
30/06/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside
30/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: OLYMPIC FCA yatsinze FAPA(Abakanyujijeho mu MAVUBI) itwara irushanwa

Emmanuel Macron watsinze amatora y’umukuru w’igihugu mu Bufaransa yarahiye

Umwanditsi
May 14, 2017

Macron w’imyaka 39 y’amavuko akaba umukuru w’igihugu muto uyoboye u Bufaransa nyuma yo gutsinda amatora ku majwi 66 yarahiriye ku mugaragaro manda ye ya mbere agiye kuyobora.

Emmanuel Macron, niwe mukuru w’Igihugu w’ubufaransa muto ubayeho nyuma ya Napoleon Bonaparte wayoboye iki gihugu hafi imyaka 200 ishize, yarahiriye kuyobora ubufaransa ndetse nyuma yo kurahira aherekeza mugenzi we Francois Hollande ucyuye igihe amukura mu ngoro y’umukuru w’Igihugu.

Perezida Macron, asimbuye Francois Hollande utarigeze agira ubushacye bwo kwiyamamariza indi manda kandi itegeko nshinga ry’iki gihugu ryabimwemereraga. Muri aya matora, Macron yatsinze mugenzi we Marine Le pen bari bahanganye.

Macron, aherekeje Francois Hollande ucyuye igihe amukura mu ngoro y’umukuru w’Igihugu.

Nyuma yo kurahirira kuba Perezida w’iki gihugu, Emmanuel Macron abaturage b’ubufaransa bamwifuzaho ko yabafasha gukemura bimwe mu bibazo bibabangamiye birimo; kubona imirimo, umutekano ndetse no kubonera umuti ibibazo by’abimukira n’ibindi.

Perezida Macron, mu ijambo rye yavuze ko afite umugambi wo gutuma Abafaransa bongera kwigirira icyizere muri bo n’icyizere cy’ejo hazaza heza, ko agiye guharanira kunga Abafaransa nyuma y’amatora yagaragayemo ibisa nko gucanamo.

Perezida macron ,n’umugore we Brigitte Trogneux

Kuri uyu wa mbere nkuko tubikesha ijwi rya Amerika, nibwo byitezwe ko Perezida Emmanuel Macron akora uruzinduko rwe rwa mbere yerekeza mu Budage mu biganiro na mugenzi we Angela Merkel.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5823 Posts

Politiki

4074 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga