• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
22/05/25
Kamonyi-Mukunguri: Ubuhinzi bw’Umuceri bwafashije Abahinzi na Koperative kwishakamo ibisubizo
22/05/25
Kamonyi-Mugina: Urubyiruko rw’Abakorerabushake(Youth Volunteers) biyemeje kubakira uwarokotse Jenoside utishoboye
22/05/25
Kamonyi-Musambira: Imiryango 33 irimo 10 yabanaga mu makimbirane yasezeranijwe ihitira Mukikiziya
22/05/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Bakurikiranyweho gusambanya abana b’abakobwa barimo uwigaga P5 wabyaye

Kamonyi: Umwana w’imyaka 14 y’amavuko yakuwe muri nyabarongo yapfuye

Umwanditsi
July 17, 2017

Ubwo yajyanaga n’abandi bana b’urungano kuvomerera imyaka mu nkuka, nyuma yo gukora igikorwa cyabajyanye bagiye koga mu ruzi rwa Nyabarongo, kubwo kutamenya koga rwamutwaye ariko aza gukurwamo yamaze gupfa.

Karangwa Jean Baptiste, umwana w’imyaka 14 y’amavuko mwene Rurangwa Jean Baptiste na Mukarwibutso Monique batuye mu mudugudu wa Gasharara, umurenge wa Runda, yakuwe mu ruzi rwa Nyabarongo yapfuye nyuma yo kurujyamo we na bagenzi be rukaza kumutwara.

Karangwa, amakuru intyoza.com yabwiwe n’abaturage ndetse akaza kwemezwa n’umukuru w’uyu mudugudu, bwana Nsengimana ku murongo wa terefone ngendanwa, ahamya ko uyu mwana hamwe na bagenzi be ubwo bagendaga bagiye kuhira imyaka mu nkuka baje kujya koga ariko kuko uyu Karangwa atari azi koga, uruzi rwamutwaye gutabarwa kwe nti kwaramira ubuzima bwe kuko yari yamaze gupfa.

Nsengimana, umukuru w’umudugudu ahamya ko uyu mwana hamwe na bagenzi be ahagana I saa kumi n’imwe z’umugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki 17 Nyakanga 2017 aribwo bagiye koga mu mugezi wa Nyabarongo ariko kuko we ngo atari azi koga yahise yibira uruzi ruramutwara nubwo yaje gukurwamo yapfuye umurambo ukajyanwa iwabo.

Amakuru kandi agera ku intyoza.com kuri uyu mwana, avuga ko uyu mwana Karangwa wapfuye yabanaga na bene nyina bane nawe wa gatanu(bibanaga bonyine) bafashwa na Leta aho bagenerwa inkunga, nyina ubabyara ngo yarabataye mu gihe se ubabyara afunze.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5800 Posts

Politiki

4051 Posts

Ubuhinzi

146 Posts

Ubukungu

993 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga