• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
17/05/25
Kamonyi-Musambira: Imiryango 33 irimo 10 yabanaga mu makimbirane yasezeranijwe ihitira Mukikiziya
17/05/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Bakurikiranyweho gusambanya abana b’abakobwa barimo uwigaga P5 wabyaye
17/05/25
Kamonyi-Ngamba: Inkotanyi zakuye u Rwanda mu mwijima zizana Umucyo-Visi Meya Uzziel Niyongira
17/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge

Yishwe arashwe nyuma yo gufata kungufu umwana w’umukobwa akanamwica

Umwanditsi
August 3, 2017

Umugabo w’imyaka 41 y’amavuko yafashe ku ngufu umwana w’umukobwa w’imyaka itatu akanamwivugana, yarashwe hakoreshejwe imbunda yo mu bwoko bwa Mashinigani (Machine gun) aricwa hashingiwe ku itegeko rya kisilamu rya  Shariya.

Muhammad al-Maghrabi, umugabo w’imyaka 41 y’amavuko yararashwe aricwa mu mugi wa Sanaa muri Yemen. Icyo gihano yagihanishijwe nyuma y’uko afashe ku ngufu agakobwa k’imyaka itatu ndetse agasiga agahitanye.

Uyu Mugabo Muhammad al-Maghrabi yarashishijwe imbunda yo mubwoko bwa AK-style (Automatic Karachinikov) mu mugi wa Sanaa kuri uyu wa mbere tariki 28 Nyakanga 2017.

Imbaga y’abantu baje gushungera iyicwa rya Mohammad Al-Maghrabi.

Igihano cy’urupfu cyahanishijwe uyu mugabo cyari kitabiriwe n’imbaga y’abantu amagana n’amagana batuye muri uyu mugi. Maghrabi yaje atwawe n’imodoka itwara imfungwa n’abagororwa mbere y’uko aryamishwa hasi yubitse inda maze akaraswa urufaya rw’amasasu ku gice cy’inyuma cyo mu mugongo.

Uretse kuba ukwicwa k’uyu mugabo, ushinjwa gufata ku ngufu akana k’agakobwa k’imyaka itatu ndetse akanakica, Dailymail dukesha iyi nkuru ivuga ko ukwicwa kwe kwanahuruje ibitangazamakuru binyuranye birimo n’amateleviziyo, ba gafotozi batandukanye ndetse n’abaturage babashije gufotora bafashe amafoto ku bwinshi.

Mohammad, akurwa mu modoka ajyanywe kwicwa.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Murekezi Charles / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5798 Posts

Politiki

4049 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga