• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
16/05/25
Kamonyi-Musambira: Imiryango 33 irimo 10 yabanaga mu makimbirane yasezeranijwe ihitira Mukikiziya
16/05/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Bakurikiranyweho gusambanya abana b’abakobwa barimo uwigaga P5 wabyaye
16/05/25
Kamonyi-Ngamba: Inkotanyi zakuye u Rwanda mu mwijima zizana Umucyo-Visi Meya Uzziel Niyongira
16/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge

Agatereranzamba mu migenderanire ya Amerika n’Uburusiya

Umwanditsi
August 23, 2017

Leta ya Washington yabaye ihagaritse by’agateganyo gutanga visa zijya mu Burusiya nyuma y’uko abadiplomates bayo birukanywe mu Burusiya.

Ihagarikwa ry’izi Visa, abategetsi ba Amerika batangaza ko zizakurwaho ku bajya i Moscou ariko ku bajya mu yindi mijyi rikomeze. Ibyo bikaba bikubiye mw’itangazo ryaturutse muri ambassade y’abanyamerika kubera iyirukanwa ry’abadiplomates b’abanyamerica mu rwego rwo kwihimura ku bihano byafatiwe Uburusiya byatowe mu kwezikwa karindwi.

Mu itangazo rya Ambasaderi wa America, yagizeati «Kubera ko uburusiya bwategetse ko hari umubare ntarengwa w’abadiplomates b’abanyamerika ugomba kujya muri icyo guhugu, ibikorwa byose birebana na Visa zijya mu Burusiya bibaye bihagaritswe guhera tarikiya 23 Kanama 2017», yongeyeho kandi ati« izo visa zizongera gutangwa tariki ya mbere Nzeri 2017 ku bajya mu mujyi wa Muscou ariko ku bajya mu yindi mijyi yo mu Burusiya bizaba bigikomeje».

Leta ya Washington yari ifite abakozi bayo b’impuguke mu mijyi ya Saint-Pétersbourg, Iekaterinbourg, Vladivostok ndetse no muri Moscou. Ibyo bikaba bizakomeza gushyirwa mu bikorwa igihe kitari gito kugeza igihe na Leta ya Moscou izisubiraho. Aha leta ya Moscou ikaba yarasabye amerika kugabanya abakozi bayo bari i Moscou bagera kuri 755. Aha kandi ikaba yarabujije n’abandi Banyamerika kuba bajya mu yindi mijyi itari Moscou.

Umuvugizi wa Leta ya Moscou ari we, Sergueï Lavrov, akabayavuze ko iki gikorwa ari uburyo bushya bwo kurakaza Leta ya Washignton.

 Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Murekezi Zacharie / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5798 Posts

Politiki

4049 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga