• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
23/10/25
Kamonyi: Nk’Abayobozi, dukore baturebereho kuruta kuvuga ibyo tudakora- Guverineri Alice Kayitesi
23/10/25
Dr Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu
23/10/25
Ibiceri 200 gusa byamuhesheje gutsindira asaga Miliyoni na magana atatu muri FORTEBET
23/10/25
Kamonyi-Mugina: Inteko rusange y’abahoze ari Abarobyi bakaza guhinduka abahinzi b’Umuceri yasojwe habura Ingumi

Nti bisanzwe: Muri Canada, Igitsina kitazwi kigiye kujya cyandikwa mu byangombwa

Umwanditsi
August 26, 2017

Mu gihe bizwi kandi bimenyerewe ko mu bijyanye n’imiterere ya muntu hari igitsina Gabo n’Igitsina Gore aho ndetse no mu byangombwa usanga bandika Gabo/Gore, mu gihugu cya Canada ho byahindutse, igitsina kitazwi kigiye kujya cyandikwa mu byangombwa.

Leta ya Canada yatangaje ko hagiye kuzajya handikwa igitsina kitari ikigore cyangwa ikigabo kandi kigashyirwa ku byangombwa hakoreshejwe inyuguti ya «  X »

Nk’uko byatangajwe na Guverinemea w’i Quebec kuri uyu wa Kane, tariki ya 24 Kanama 2017, atangaza ko iki gitsina kitari gabo cyangwa gore kigiye kuzajya  cyandikishwa inyuguti ya « X » kandi cyandikwe mu ma karita ndangamuntu z’abaturage b’icyo gihugu.

Ku bagabo hazajya handikwaho inyuguti ya « M » naho ku bagore handikweho inyuguti ya « F » n’aho abashaka ko ibitsina byabo bitazwi handikweho « X ».

Ibi bikaba bigamije koroshya itangwa ry’ibyangombwa birimo na passeports ndetse n’ibindi byangombwa by’inzira. Ibi bikaba bizatangira gushyirwa mu bikorwa kuva tariki ya 31 Kanama 2017.

Aha Minisitiri ushinzwe impunzi, abinjira n’abasohoka; Ahmed Hussen yagize ati « Dutangiza ibi, mu byangombwa bitangwa na Leta, dufashe ingamba kugira ngo hatagira umunyagihugu wacu ubirenganiramo kubera igitsina cye ».

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Murekezi Zacharie / intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5896 Posts

Politiki

4147 Posts

Ubuhinzi

149 Posts

Ubukungu

1023 Posts

Imyidagaduro

84 Posts

Imikino

149 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga