Perezida Kagame, yongeye gushyira mu myanya bamwe mu bayobozi

Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, nyuma yo gushyiraho Guverinoma nshya ndetse n’abayobozi mu myanya itandukanye, yongeye guha inshingano abayobozi bane yashyize mu myanya itandukanye.

Mu itangazo ryo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 2 Nzeli 2017 ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe, rigaragaza bane mu bayobozi bashyizwe mu myanya itandukanye na Perezida Paul Kagame.

Itangazo rigira riti:

Aba bayobozi uko ari bane bashyizwe mu myanya y’akazi itandukanye, baje biyongera ku bandi baherutse gushyirwaho na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame ubwo yanashyiragaho Guverinoma nshya y’u Rwanda iyobowe na Minisitiri w’intebe Ngirente Edouard. Iyi Guverinoma nshya y’u Rwanda yagiyeho tariki ya 30 Kanama 2017.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter 

Intyoza.com

Umwanditsi

Learn More →