• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
19/07/25
Umunyamakuru muzima ni uriho si uwapfuye-Me Jean Paul Ibambe
19/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: URUGAGA RW’ABAYOBOZI ku Mudugudu rwabaye igisubizo ku mibereho myiza y’Umuturage
19/07/25
Kamonyi-Ngamba: Abakekwaho kwica umugabo w’imyaka 45 bamaze gutabwa muri yombi
19/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira

Kamonyi: Umujyanama winjiye muri Njyanama amaze kurahira

Umwanditsi
November 17, 2017

Kayitesi Alice, umujyanama wazamutse ahagarariye umurenge wa Musambira wakomokagamo Udahemuka Aimable wari Umuyobozi w’Akarere ariko akaza gusezera ku mpamvu bwite, amaze kurahira imbere y’Amategeko.

Ahagana ku i saa tatu n’iminota 25 kuri uyu wa gatanu tariki 17 Ugushyingo 2017 nibwo Alice Kayitesi, umujyanama mushya wazamutse ahagarariye umurenge wa Musambira arahiriye kwinjira mu bagize inama Njyanama y’Akarere kaKamonyi.

Kayitesi, ashyira umukono ku indahiro yari amaze kugirira imbere ya Perezida w’urukiko rwisumbuye rwa Muhanga.

AliceKayitesi, yatowe mu murenge wa Musambira tariki 11 Ugushyingo 2017 kugira ngo asimbure Udahemuka Aimable wari Umujyanama wawo ndetse akaba yari n’Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi ariko akaza gusezera kuba umuyobozi w’Akarere ku mpamvu yatangaje ko ari ize bwite.

Igikorwa cyo kurahira kwa Alice Kayitesi mu kwinjira mu nama njyanama y’Akarere ka Kamonyi kirakurikirwa n’irahira ry’abandi bajyanama bashya mu mirenge itandukanye, gikurikirwe kandi n’itorwa ry’Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, igikorwa intyoza.com ikugezaho Live.

Indahiro ya Alice Kayitesi, umujyanama mushya mu nama Njyanama y’Akarere ka Kamonyi, yakiriwe ku rwego rw’amategeko na Adolphe Udahemuka, Perezida w’Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5835 Posts

Politiki

4086 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1000 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga