Kamonyi: Dore amafoto ya Litiro zisaga ibihumbi 10 z’inzoga z’inkorano zitemewe zafashwe zikamenwa

Mu Murenge wa Runda, Akagari ka Ruyenzi mu isantere y’ubucuruzi ya Ruyenzi mu gikari cy’ahazwi nka ZAG ZAG kuri uyu wa 15 Gashyantare 2018 hatahuwe inzoga z’inkorano zitemewe zingana na Litiro zisaga ibihumbi 10. Izi nzoga zari mu bidomoro 43 aho kimwe kijyamo Litiro 250. Agaciro mu mafaranga y’u Rwanda gasaga Miliyoni 10, ihere ijisho.

 

 

Irebere aho izi nzoga zimenetse hasigara hasa, ni godoro.

 

Aha, zavanwaga muri Depo zarimo zijyanwa kumenwa.

 

 

 

 

 

intyoza.com

Umwanditsi

Learn More →