• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/07/25
Kamonyi-Ngamba: Abakekwaho kwica umugabo w’imyaka 45 bamaze gutabwa muri yombi
15/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
15/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
15/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri

Perezida Nicolas Sarkozy wayoboye Ubufaransa ngo yatawe muri yombi na Polisi y’Ubufaransa

Umwanditsi
March 20, 2018

Polisi y’Ubufaransa yataye muri yombi Nicolas Sarkozy wahoze ayoboye Igihugu cy’Ubufaransa. Arasabwa gusobanura amafaranga bivugwa ko yakiriye mu mwaka wa 2007 mu gihe yiyamamarizaga kuyobora Ubufaransa. Aya mafaranga ngo yayahawe na Kaddafi wayoboraga Libiya. Ubu Sarkozy ngo afungishijwe ijisho.

Uwahoze ari Perezida w’Ubufaransa, Nicolas Sarkozy yahamagajwe na Polisi y’Ubufaransa. Arakorwaho iperereza ku mpamvu zo gukekwaho kwakira amafaranga mu buryo butemewe n’amategeko mu gihe yiyamamarizaga kuyobora Ubufaransa muri 2007.

Ibikurikiranywe kuri uyu wahoze ari umukuru w’Igihugu cy’ubufaransa, Sarkozy bishingiye ku mafaranga bivugwa ko yahawe na Perezida Muammar Kaddafi wahoze ari umukuru w’igihugu cya Libiya. Ibi birego Sarkozy ngo arabihakana.

Nkuko AFP dukesha iyi nkuru ibivuga, Sarkozy yafashwe na Polisi y’ubufaransa kuri uyu wa kabiri mugitondo tariki 20 Werurwe 2018. Ikibazo cya Sarkozy no kwakira inkunga ivugwa ko yatanzwe na Muammar Kaddafi cyatangiye kuvugwa cyane mu mwaka wa 2013 ndetse ubutabera bw’ubufaransa butangira kugikoraho iperereza ryimbitse.

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5833 Posts

Politiki

4084 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga