• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
11/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
11/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
11/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri
11/07/25
Kamonyi-Ngamba: Harakekwa urupfu rw’Umugabo wishwe n’umugore we n’umwana yibyariye

RIB yataye muri yombi umuyobozi w’ikigo ukurikiranyweho kunyereza umutungo w’ibigo bitatu yayoboye

Umwanditsi
March 13, 2019

Bigoreyiki Jean Marie Vianney wayoboye mu bihe bitandukanye ibigo bitatu by’amashuri mu karere ka Nyamagabe yatawe muri yombi n’urwego rw’ubugenzacyaha(RIB), yafatiwe mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu.

Mbabazi Modeste, umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha-RIB, atangaza ko uyu Bigoreyiki yafatiwe mu karere ka Rubavu mu Murenge wa Gisenyi, nyuma yo kumara amezi atanu ashakishwa ngo abazwe iby’inyerezwa ry’umutungo mu bigo bitatu yayoboye mu bihe bitandukanye.

Ibigo by’amashuri uyu Bigoreyiki yayoboye mu bihe bitandukanye ari nabyo ubugenzacyaha bumukurikiranyeho kunyereza umutungo wabyo ni ikigo cy’amashuri cya GS Ste Madeleine Ngoma, GS Kizi na ES Nyamagabe byose biherereye mu karere ka Nyamagabe.

Umuvugizi w’ubugenzacyaha-RIB, yatangaje kandi ko nyuma yo gutabwa muri yombi kw’uyu Bigoreyiki Jean Marie Vianney, Dosiye yiwe igiye guhita ishyikirizwa ubushinjacyaha.

Mbabazi Modeste, yatangarije intyoza.com kandi ko ingano y’amafaranga Bigoreyiki akurikiranyweho kunyereza atari ngombwa kuyitangaza, gusa ngo ibyo uru rwego rw’ubugenzacyaha(RIB) ibyo rufite ari byinshi.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5832 Posts

Politiki

4083 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga