• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
10/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
10/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
10/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri
10/07/25
Kamonyi-Ngamba: Harakekwa urupfu rw’Umugabo wishwe n’umugore we n’umwana yibyariye

Kamonyi/Runda: Kumyaka 60 y’amavuko yasanzwe munzu yapfuye umugozi umuri mu ijosi

Umwanditsi
April 20, 2019

Semana Pascal wavutse mu 1959 akaba yabaga mu Mudugudu Kigusa, Akagari ka Kagina Umurenge wa Runda, kugicamunsi cyo kuri uyu wa 20 Mata 2019 yasanzwe yapfuye. Birakekwa ko yiyahuye aho n’igice cy’umugozi bikekwa ko yifashishije basanze kiri mu ijosi.

Uyu Semana Pascal wari ufite imyaka 60 y’amavuko abana n’umuvandimwe we(umukecuru) wamwitagaho dore ko nta rugo rundi yagiraga, nta mugore cyangwa umwana, yasanzwe yapfuye n’igice cy’umugozi bikeka ko yakoresheje yiyahura kimuri mu ijosi.

Ababanaga n’uyu Semana bavuga ko mu buzima busanzwe ntawe bakeka bari bafitanye ikibazo ku buryo yamugirira nabi, ko ahubwo ngo yari asanzwe ameze nk’ufite ikibazo cy’uburwayi bwo mu kutwe. Nta gikomere umurambo we wasanganywe.

Mwizerwa Rafiki, Umunyamabanga Nshingabikorwa w’Umurenge wa Runda yabwiye intyoza.com ko batazi imvano y’urupfu rwa Semana, ko gusa bakeka ko yaba yiyahuye. Avuga ko yahengereye nta muntu uri murugo dore ko yasaga n’ufite akabazo k’uburwayi hanyuma ngo akiyahura( nk’uko bikekwa).

Umurambo wa Semana wajyanywe mu bitaro bya Remera – Rukoma ngo upimwe hamenyekane iby’uru rupfu mu gihe iperereza rikomeje.

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5832 Posts

Politiki

4083 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga