• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
30/06/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
30/06/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
30/06/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside
30/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: OLYMPIC FCA yatsinze FAPA(Abakanyujijeho mu MAVUBI) itwara irushanwa

Imirwano yahuje ingabo za FARDC n’abakekwaho ko ari FDLR yaguyemo 8 barimo abasirikare 2

Umwanditsi
May 2, 2019

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Kongo-FARDC kuri uyu wa Gatatu tariki 1 Gicurasi 2019 ahagana ku I saa tatu muri Teritwari ya Rutshuru muri Kivu ya ruguru zakozanijeho n’abarwanyi bikekwa ko ari ab’umutwe wa FDLR abantu 8 bahasiga ubuzima. 

Muri iyi mirwano, ingabo za FARDC zatangaje ko zaguye mugico ( Ambush ), zatezwe n’abo zikeka kuba abarwanyi b’inyeshyamba zo mu mutwe wa FDLR. Abantu 8 baguye muri iyi mirwano barimo abasirikare 2 ba Kongo, abasivile 6 barimo abagore 3.

Ku makuru aturuka muri aka gace kabereyemo iyi mirwano, nk’uko Radio Okapi dukesha iyi nkuru ibivuga ni uko kugeza kuri uyu wa kane ibintu byari bitarasubira mu buryo kuko ngo n’amasasu yongeye kumvikana mu ma saa tatu y’amanywa.

Mu gace ka Rugari kabereyemo imirwano, ubucuruzi ndetse n’ibindi bikorwa bitandukanye bijyanye no kwiteza imbere byahagaze.

Major Ndjike Kaiko, umuvugizi w’ingabo zo muri Rejiyo ya 34 yabwiye Okapi ko bapfushije abasirikare 2 n’abandi bakomeretse ( nta mubare). Avuga ko kubera ko aho ibi byabereye ari ahantu hatuwe, ngo nk’igisirikare cy’umwuga bagerageje ibishoboka ngo he kugira byinshi byangirika.

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5823 Posts

Politiki

4074 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga