• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
13/07/25
Kamonyi-Ngamba: Abakekwaho kwica umugabo w’imyaka 45 bamaze gutabwa muri yombi
13/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
13/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
13/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri

Kamonyi: Umurambo w’umuntu ubonywe ku muhanda wa Kaburimbo

Umwanditsi
October 24, 2019

Umurambo w’umuntu w’umugabo ugaragara nk’uri mu myaka hagati ya 19-21 kuri uyu wa Kane Tariki 24 Ukwakira 2019 ahagana ku I saa tatu zirengaho iminota mike wasanzwe ku muganda wa kaburimbo uvuye gato ahitwa Mugomero ku gasoko.

Ni umurambo w’umugabo wari uryamye mu muhanda wa kaburimbo mu gice cy’iburyo werekeza mu isantere ya Nkoto urenze gato ahazwi nko ku gasoko ka Mugomero aho abantu bakunze gutegera imodoka hazwi nko ku gashyamba.

Uyu Nyakwigendera, yari yambaye ipantaro y’ikoboyi y’ubururu n’agashati k’ubururu, afite umusatsi muke ku mutwe, nta nkweto yari yambaye. Byagaragaraga ko yavuye amaraso menshi kuko yatembye mu muhanda.

Biragoye kumenya niba nyakwigendera yaba yishwe akazanwa ari umurambo akahajugunywa, biranagoye kandi kwemeza ikindi kintu yaba yazize. Gusa ahagana ku jisho dore ko yari aryamishije umusaya umwe w’ibumoso byagaragaraga ko hari ikintu bamujombye, ndetse no ku kabuno inyuma ku ipantaro hari hacitse, agaragarwaho n’itaka ariko bidakabije.

Ubwo umunyamakuru w’intyoza.com yageraga aho uyu murambo wari uri, ahagana ku i saa tatu n’iminota mirongo itatu n’itanu z’ijoro, hari Polisi yonyine nayo ku makuru yamenywe n’umunyamakuru ni uko yari imaze guhuruzwa n’abari banonye uyu murambo mu muhanda. aba nabo bibazaga imvano y’urupfu rw’uyu muntu bikabashobera.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5833 Posts

Politiki

4084 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga